Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Umwe mu bagize akanama k’Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe, (CHENO) Rt. Lt Colonel Nyirimanzi Gerard, avuga kuba intwari bidasaba urugamba rwo kugwanira igihugu cyangwa kucyitangira nk’abakurambere ahubwo no kuri ubu hari uburyo abantu bagirwa Intwari z’igihugu biturutse mu byo bakora igihe bagendeye ku biranga ubutwari.
Avuga ko urebeye mu mateka y’u Rwanda yo hambere kureba Intwali baraheraga ku batabazi, biyemezaga (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Bamwe mu banyarwanda bahawe impeta z’ishimwe ku bw’ibikorwa bakoze biranga umutima w’ubutwari muri Jenoside yakorewe Abatutsi, basaba abakiri bato kwimakaza umuco wo kugira ukuri n’ubunyangamugayo kuko biganisha ku butwari.
Ni impanuro batanga ku bakiri bato n’Abanyarwanda muri rusange mu gihe habura iminsi mike ngo u Rwanda rwizihize umunsi w’Intwari uzaba tariki ya mbere Gashyantare 2023.
Aba barimo Niyitegeka Sosytene mu 2007 wahawe impeta y’ishimwe (…)
Abagize Umutwe w’Inyeshyamba watangarije Isi n’imiryango mpuzamahanga ko wafashe icyemezo cyo guhagarika Jenoside irimo gukorerwa Abatutsi b’Abakongomani mu Ntara ya Ituri nyuma yo gutabaza amahanga inshuro nyinshi ntihagire ababumva.
Byasohotse mu itangazo uyu mutwe washyize ahagaragara ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane, tariki ya 26 Mutarama ubwo hari hashize akanya gato bafashe agace ka Kitchanga bakambuye ingabo za Leta zirimo kuhicira Abatutsi n’abandi bafite imitekerereze n’imyumvire (…)
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga n’Ubutwererane, Dr. Biruta Vincent yatangaje ko u Rwanda rufite ubushake bwo gukemura ibibazo hashakwa amahoro hagati y’u Rwanda na Congo ariko n’ikindi umuturanyi yakora rwiteguye.
Yabitangaje kuri uyu wa Kane tariki 26 Mutarama 2023 ubwo yagaragariza Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite ishusho y’umubano w’u Rwanda n’Ibihugu by’ibituranyi byumwihariko Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Ni imvugo ikurikira iy’itangazo rya Congo riherutse gushyirwa (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Gutinda gukora ikiraro cya Mukamira burimo gutuma abaturage bo mu mudugudu wa Gisenyi mu karere ka Nyabihu barara hanze iyo imvura iguye.
Ni ikiraro kiri hafi y’isoko rya Mukamira iyo imvura iguye amazi aba menshi akambukiranya umuhanda munini Nyabihu-Rubavu akisuka mu ngo z’abaturage kubera ubuto bwa rigori yaciwe.
Ni ibyo abatuye mu murenge wa Mukamira mu kagari la Jaba mu Mudugudu wa Gisenyi beretse umunyamakuru wa Mamaurwagasabo, bamwereka uko (…)
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, nibwo ku mupaka w’u Rwanda na Congo, humvikanye iraswa ry’indege y’intambara ya Sukhoi-25 ya Congo bikozwe n’u Rwanda rwayishinjaga kuvogera ikirere cyarwo.
U Rwanda rwahise rusohora itangazo rimenyesha ko rwagashe ingamba zo kwirinda nyuma yo kubona indege ya Congo ivogera ikirere cyarwo ku nshuro ya Gatatu.
U Rwanda kandi rwaboneyeho kongera gusaba Congo guhagarika ubushotoranyi.
Congo nayo ntiyatinzemo kugaragaza aho ihagaze kuri icyo kibazo, (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Nyabihu, umurenge wa Mukamira hari umubyeyi ufite abana babiri barara mu kizu cyashaje, gishobora gushyira ubuzima bwabo mu kaga.
Ni umuryango wa Ntakirutimana Chantal utuye mu Akagari ka Jaba umaze imyaka itatu urara muri icyo gisa n’inzu.
Uyu muturage yatabarijwe n’abaturanyi be ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga aho uyu muryango utuye mu mudugudu wa Nyirabashenyi, aho bamusabira ko yashakirwa icumbi akabona aho kurambika (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Umuturage witwa Mukamugema Consolee wo mu karere ka Musanze aratabaza inzego zisumbuye ko umuyobozi w’umurenge wa Muko agiye kumunyaga igice cy’ikibanza ubuyobozi bwamutujemo agasentera inka yahawe na Perezida Kagame.
Uyu mupfakazi ubarizwa mu kiciro cya mbere cy’ubudehe, avuga ko umugabo we yamusigiye abana bane ubwo yari amaze kugwa ku rugamba, ubu akaba atuye mu kagari ka Mburabuturo, aho ubuyobozi bw’umurenge wa Muko bwamutuje mu 2016 bukamugezaho (…)
Mu mpera z’uku kwezi nibwo Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatulika azasura Congo Kinshasa, gusa imbaraga ziri gushyirwa mu myiteguro yo kumwakirira ahasa neza ziri gusiga abacurizi bamwe barira ayo kwarika.
Abacuruzi mu masoko amwe n’amwe yo mu Murwa mukuru Kinshasa bagaragaje uburakari nyuma yo gusenyerwa aho bacururizaga hasanzwe ari akajagari kabaye nk’icwende. Uyu mubyeyi ntiyiyumvisha uko Papa Francis aje kubabuza uburenganzira ku buzima bari bibereyemo
Abategetsi i Kinshasa bavuga (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abanyeshuri biga ku ishuri ribanza rya Gahondongo riherereye mu Murenge wa Musanze, mu karere ka Musanze biga bicaye hasi abandi bakigira hanze kubera ubuke bw’ibyumba by’amashuri.
Byabonywe n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga kuri iri shuri riherereye mu kagari ka Cyabagarura, rikaba kimwe mu bigo by’amashuri Kiliziya Gatulika ifatanyije na Leta y’u Rwanda.
Bamwe mu barimu baganiye n’umunyamakuru wa mamaurwagasabo birinze ko amazina yabo (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.







![U Rwanda rwarashe indege ya Congo, nayo yamagana ibyashingiweho [Video]](IMG/logo/20230124_223348.jpg?1674633920)













