Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bashyize indabo ku kimenyetso cy’Ubutwari bunamira Intwari nk’icyimenyetso cyo kuziha icyubahiro kubwo kwitangira u Rwanda.
Ni umuhango wabereye ku Gicumbi cy’intwari i Remera mu Mujyi wa Kigali, mu kwizihiza Umunsi w’Intwari ku nshuro ya 29.
Umuhango wo kwizihiza Intwari wabereye mu gihugu hose ku rwego rw’umudugudu, aho abaturage baganirijwe ku butwari bwaranze Abanyarwanda n’intwari zitangiye igihugu mu bihe (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Raporo nshya y’Umuryango Mpuzamahanga urwanya Ruswa n’Akarengane ku Isi, (Transparency International), yashyize u Rwanda ku mwanya wa 54 ku Isi mu kugira ruswa nke, rumanukaho amanota 2.
Ni raporo yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kabiri i Kigali, harebwa uko Umuryango TI wasanze ibihugu bikomeje guhangana no kumungwa na ruswa barebeye mu nzego zitandukanye zatanze amakuru.
Iyi raporo igaragaza ko u Rwanda rufite amanota ya 51% ruvuye kuri 53% (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Burera by’umwihariko abaturiye umupaka wa Cyanika uhuza u Rwanda na Uganda baravuga ko urubyiruko rwitwa Imboni z’umutekano bagira uruhare mu kwinjiza magendu mu Rwanda.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Cyanika aho batunga agatoki bagenzi babo barimo n’urubyiruko rw’imboni z’umutekano kwemerera abantu kwinjiza magendu ziciye mu nzira z’ubusamo.
Abaganiriye (…)
Umwanditsi
Mu gihe habura umunsi umwe ngo u Rwanda rwizihize Umunsi w’intwari ku nshuro ya 29, hari bamwe mu rubyiruko basuye abana bafite ibibazo bitandukanye basangira nabo, bavuga ko babikoze bagera ikirenge mu cy’Intwari zitangiye u Rwanda.
Shumbusho Augustin ni umwe mu bahoze mu buzima bwo mu muhanda, bashinze umureyango utari uwa leta ‘Ohodi Igihumure’, avuga ko basuye abana babikomoye ku bwitange bwaranze intwari z’u Rwanda. Shumbusho Augustin
Yagize ati: “Burya intwari yigomwa (…)
Kuri uyu wa mbere kuri stade ya Martyrs i Kinshassa muri DRC uruhimbi ruzakirirwaho Papa Fransis rwatwawe n’umuyaga habura amasaha make ngo agere muri iki gihugu.
Amakuru y’ibanze atangazwa n’ikinyamakuru okapinews.net cyandikirwa muri Congo aravuga ko inkubi y’umuyaga yibasiye Kinshassa ariyo yasenye urwo ruhimbi.
Ababonye ibi biba barimo kwibaza niba ari impanuka cyangwa haba hari undi mugambi ubyihishe inyuma, gusa abubakaga urwo ruhimbi bemeje ko byatewe n’umuyaga ufite ingufu na (…)
Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Minisitiri yavuze ko umuco w’ubutwari ari umurage Abanyarwanda bakomora ku bakurambere barwo, yibutsa ko hatabayeho intwari hari byinshi bitagerwaho.
Yabitangaje mu kiganiro kuri televiziyo y’igihugu kuri iki cyumweru dusoje mu kiganiro gitegura umunsi w’Intwari uzizihizwa ku nshuro ya 29 u Rwanda rubohowe, ikiganiro cyarimo abandi bahagariye inzego zirimo Ingabo ’u Rwanda, urubyiruko na diyasipora nyarwanda.
Minisitiri Mbabazi yavuze ko Intwari abantu (…)
Perezida Paul Kagame yashyize umucyo ku bibazo bya M23 u Rwanda rushinjwa gufasha; asobanura byimbitse umuzi w’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Congo n’uburyo Tshisekedi na Kabila bananiwe kubahiriza ibyo bari biyemeje bigamije gucyura impunzi.
Umukuru w’Igihugu yabigarutseho mu kiganiro kirekire yagiranye n’Umwanditsi Mukuru wa Jeune Afrique, François Soudan. Cyabaye ku wa 17 Mutarama 2023, muri Village Urugwiro.
Yavuye imuzi ibibazo by’umutekano muke muri RDC, avuga uburyo yabajije (…)
Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’ishimwe CHENO ruvuga ko mu Rwanda hari impeta z’ishimwe zirindwi zihabwa abantu batandukanye bitewe n’ibyo bakoze.
Ubusanzwe impeta y’ishimwe ni ikimenyetso cy’ishimwe umuntu ahabwa n’ubuyobozi bukuru bw’igihugu kubera ibikorwa by’ikirenga yakoze bifitiye abandi akamaro.
Umuyobozi Mukuru wa CHENO, Nkusi Deo, yavuze ko mbere yo guhabwa impeta z’ishimwe bisaba kwemezwa n’uru rwego bigashyikirizwa Inama y’Abaminisitiri kugira ngo (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu batuye mu mudugudu wa Muhe, mu kagari ka Cyivugiza mu umurenge wa Nyange mu karere ka Musanze baravuga ko babangimiwe n’umunuko uturuka mu bwiherero rusange bivugwa ko bwuzuye bugafungwa ariko bukaba budakorerwa isuku.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga aho batuye, basaba ko hagira igikorwa vuba ndetse bamwe bavuga ko biteye isoni kuba mu gace k’ubukerarugendo hagaragara icyo kibazo.
Umwe mubo twaganiye (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abanyeshuri 20 bagizwe n’abakobwa 14 basoje amahugurwa y’igihe gito (Training) ajyanye n’imyuga mu ishuri rya CEPEM TSS riherereye mu karere ka Burera.
Umuhango wo gusoza amasomo wabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Mutarama 2023, muri CEPEM TSS.
Aba banyeshuri bavuga ko bagiye kubyaza umusaruro ibyo bigiye muri iri shuri mu gihe cy’amezi atandatu bari bamaze biga ndetse bashimangiye ko bagiye kwihangira umurimo ngo kuko bafite byose byibanze. (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















