Urwego rushinzwe ubutasi muri Iran rwatangaje ko rwakoranye n’ingabo za Islamic Revolutionary Guard Corps mu gikorwa cyo gukumira hakiri kare imitwe ishaka ubwigenge ihanganye na Iran ivugwaho gushyigikirwa na USA na Israel, yari igiye kwinjira mu burengerazuba bwa Iran igamije kugaba ibitero by’iterabwoba.
Mu itangazo ryatangajwe n’ikinyamakuru cya Tasnim News Agency, iyo minisiteri yavuze ko ingabo za Iran zagabye ibitero ku birindiro byinshi by’iyo mitwe ndetse zinasenya ibikoresho (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Mu mpera z’umwaka wa 2019 Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) ku bufatanye na Guverinoma y’u Rwanda ni bwo batangiye kwakira impunzi zavuye muri Libiya ubwo zari mu nzira zerekeza i Burayi gushakayo imibereho ziturutse muri bimwe mu bihugu bigize ihembe rya Afurika birimo Eritireya, Somaliya na Djibouti. Icyo gihe zahise zijya gutuzwa mu nkambi yihariye ya Gashora mu karere ka Bugesera mu gihe zitegereje ibindi bihugu bizakira dore ko (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abadepite basuye urubyiruko rw’abanyeshuri mu bigo bibiri byo mu karere ka Musanze, babasobanurira uburyo Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yateguwe ndetse ishyirwa mu bikorwa bityo baboneraho gusaba Urubyiruko kutifatanya n’abantu bacyibona mu ndorerwamo z’amacakubiri ahubwo bakimakaza gahunda ya Ndi Umunyarwanda.
Ni ibiganiro byateguwe n’ihuriro ry’abagize Inteko ishinga Amategeko rikumira Jenoside ihakana n’ipfobya rya Jenoside yakorewe Abatutsi (…)
Yanditswe na Umugiraneza Alice
Mu karere ka Musanze umurenge wa Muhoza haragaragara umwanda mu marestora atandukanye aho abagana ayo marestora bavuga ko babangamiwe n’umwanda uri ku bikoresho nk’amasahane ndetse nahatunganyirizwa ibyo kurya, bamwe bakabona biterwa nuko usanga bafite aba kiriye benshi kandi abakozi ari bake nabyo.
Bamwe mu bagana ayo marestora babwiye umunyakuru wa Mamaurwagasabo ko batewe impungenge n’umwanda ugaragara hamwe na hamwe mu marestora, ko bahkura inzoka zo (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abakorera mu kirombe cya Kazuba gihereye mu mudugudu wa Kazuba, Akagari ka Rugeshi gicukurwamo igitaka kivamo amatafari barasaba akarere ko kabashyiriraho amakoperative kuko bakorera mu kavuyo kubera ko nta buryo buhamye bafite.
Babitangarije Umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Mukamira arinaho iki kirombe giherereye .
Benshi muri aba baturage biganjemo abafamu batubwiye ko bitwa "indushyi " kuko bavuga 90% y’abakoreramo (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Abakorera ubucuruzi mu isoko rya Biziba riherereye mu karere ka Gakenke barataka igihombo batewe n’iyimurwa ry’iryo soko, bavuga ko byabagizeho ingaruka nyinshi bakaba basaba inzego bireba kubafasha isoko rigasubira aho ryahoze.
Bamwe mu bacuruzi bakorera mu isoko rya Biziba ryimuriwe rijyanwa mu isatere ya Gatonde, mu mpera z’umwaka washize wa 2021, ubu umiryango yarafunzwe hatangiye kumeramo ibyatsi, babwiye umunyamakuru ko iyimurwa ry’isoko ryatumye (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Mu karere ka Ngororero aborozi barashishikarizwa kubaka ingombe mu gukomeza kwicungira umutekano mu gihe inyamanswa zari zirimo kwinjira mu nzuri zikica inyana.
Inzuri zikora kuri parike ya Gishwati-Mukura mu karere ka Ngororero ziri mu mirenge ya Kavumu, Muhanda na Sovu harabarurwa inyana zigera kuri 17 zariwe n’inyamanswa, muri zo 7 zaravuwe zirakira 10 zirapfa.
Bamwe mu borozi baganiye na mamaurwagasabo bavuga ko kubaka ingombe, aho inyana zirara, (…)
Mu gihe Guverinoma ishaka guhindura Umujyi wa Kigali ukaba umugi ukeye kandi w’Ubucuruzi bufite isuku, mu karere ka kicukiro ho birasa n’aho ingingo imwe muri zo bigoye kuzayikozaho imitwe y’intoki; uti iyihe, kubera iki?
Aha ni ho usanga abacuruzi, bamwe abahoze mu buzunguzayi vuba aha bagashyirwa mu masoko y’imbuto n’imboga, kuri ubu barataye ayo masoko basubira mu buzunguzayi mu muhanda no ku mabaraza y’inzu z’uburuzi, bikagira ingaruka ku basigaye muri bene ayo masoko, bikarushaho (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu bangavu bo mu karere ka Musanze bavuga hari igihe bisanga bakoze imibonano mpuzabitsina bagatwara inda bitewe no kudasobanukirwa ibijyante n’ubuzima bw’imyororokere, bagasaba ko bahabwa inyigisho kenshi gashoboka kugira ngo babashe kubisobanukirwa no kwirinda amakuru atari yo abagusha mu bushukanyi.
Ni mu gihe Leta y’u Rwanda ikomeje guhangana n’ikibazo cy’abangavu batwara inda imburagihe, ndetse u Rwanda rukaba rwarashyize ingufu mu guhana (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu bacururiza mu isoko rya Kijyambere ryitwa "Goico" rya Musanze baravuga ko batazi gukoresha ibyuma byagenewe kuzimya inkongi z’umuriro (Kizimyamwoto), bagasaba ko bahugurwa byimbitse ku buryo bashobora kuzimya inkongi mu gihe zobaye batagombere gutegereza izindi nzego.
Izi mbogamizi bazigaragarije itangazamakuru ryari kumwe n’itsinda ry’abasenateri muri komisiyo y’ububanyi n’amahanga,ubutwererane n’umutekano riyobowe na Hon.Mukakarangwa (…)
Musanze: Ababyeyi barerera kuri E.E.R batanze amafaranga yo kugaburira abana ku ishuri none ntibarya
Yanditswe na Umugiraneza Alice
Ababyeyi barerera ku Ishuri ribanza rya E.E.R riherereye mu karere ka Musanze umurenge wa Muhoza, bavuga ko bibaza impamvu batswe amafaranga yo ku gaburira abana ku ishuri mu gihebwe cya mbere ariko bakaba batungurwa no kubona abana babo baza kurya mu rugo bakaba basaba inzego bireba ko hakorwa ubugenzuzi n’icukumbura bagasubizwa amafaranga yabo batanze kuko adakoreshwa icyo bayatangiye.
Abaganiye n’umunyamakuru bavuze ko ibyi birimo gutera abana mbogamizi (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




















