Urwego rushinzwe ubutasi muri Iran rwatangaje ko rwakoranye n’ingabo za Islamic Revolutionary Guard Corps mu gikorwa cyo gukumira hakiri kare imitwe ishaka ubwigenge ihanganye na Iran ivugwaho gushyigikirwa na USA na Israel, yari igiye kwinjira mu burengerazuba bwa Iran igamije kugaba ibitero by’iterabwoba.
Mu itangazo ryatangajwe n’ikinyamakuru cya Tasnim News Agency, iyo minisiteri yavuze ko ingabo za Iran zagabye ibitero ku birindiro byinshi by’iyo mitwe ndetse zinasenya ibikoresho (…)
Mu rugendo rwo gushakisha umukobwa uhiga abandi mu bwiza, umuco n’ubwenge, ntibyari byoroshye mu bahataniye guhagararira Umujyi wa Kigali, aho abakobwa 29 ari bo bahawe PASS mu rugendo rwo gushaka uzasimbura Miss Ingabire Grace ufite ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2021.
Ni abakobwa babonetse nyuma y’akazi katoroshye kakozwe n’abagize Akanama Nkemurampaka ka Miss Rwanda 2022, ahasuzumwe imishinga, ubwiza n’umuco w’abagera kuri 117.
Abakobwa 29 batoranyijwe mu Mujyi wa Kigali kuri uyu (…)
Mu rugendo rwo kwinjira mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba EAC, igihugu cya Republika Iharanira Demokarasi ya Congo DRC, gisigaje intambwe imwe, nyuma y’aho inama y’abaminisitiri muri ako karere yemereye icyo gihugu kuba umunyamuryango.
Ni nyuma y’ibiganiro BBC yavuze ko bitari byoroshye, byaberrye i Nairoi muri Kenya byahuje Abaminisitiri b’Ububanyi n’Amahanga muri ako karere.
Igihugu cya Congo DRC kibonwa nk’isoko rikomeye ku karere kubera umutungo kamere mwinshi wiyongeraho (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage bagituye mu manegeka nyuma yuko bagenzi babo bimuwe bararira ayo kwarika kubera impungenge z’umuteka w’ubuzima bwabo bitewe n’ibihe by’imvura bigeze, bavuga ko iramutse yiyongeye yazabasiga iheruheru cyangwa bakahasiga ubuzima.
Ubwo Umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga muri uyu murenge wa Gakenke, akagari ka Buheta abasigaye mu manegeka abandi bamaze kwimurwa bavuze ko bafite ubwoba kuko ibihe by’imvura iremereye bigeze, bagasaba (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abaturage bo mu karere Ka Gakenke , umurenge wa Gakenke mu Kagari ka Buheta bahangayikishijwe n’Ivuriro Rito rya Buheta, (Poste de Sante Buheta) bivurizagaho rimaze amezi arenga atatu rifunze imiryango, abaryivurizagaho bakaba basigaye barembera mu ngo kandi bafite mituweli.
Bamwe mu baturage bagiranye ikiganiro kirambuye na Mamaurwagasabo bavuga basigaye barembera mu rugo kubera ko kugira ngo bivuze basigaye bakora urugendo rurerure bagiye kwivuriza (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Abaturage bo mu mudugudu wa Juru akagari ka Nyanza mu murenge wa Gatenga ho mu karere ka Kicukiro barataka ko urusengero rwa Bethlehem Evangelical Church in Rwanda, baturanye rwabafungiye inzira nyabagendwa bakaba basigaye banyura mu nzira zigoranye, bashobora guhuriramo n’ibyago byo kugwa muri ruhurura cyangwa bakanigwa n’amabandi mu ijoro umuntu akaba yahasiga ubuzima.
Ubwo umunyamakuru wa Mamaurwagasabo yageraga ahitwa mu "Gakoki", aho abo baturage (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu barobyi bakorera mu Kiyaga cya Burera baratangaza ko bafite impungenge ku buzima bwabo kuko abakoresha babo batabishyurira ubwishingizi cyangwa ngo babahe ibikoresho by’ubwirinzi ku mpanuka bashobora guhura nazo mu mazi bagasaba Leta ko yabafasha gukura ubuzima bwabo mu kaga.
Ubwo Umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga ku kiyaga cya Burera, ku ruhande rw’Umurenge wa Rugarama yasanze hari abarobyi bagfite impungenge mu kazi bakora mu kiyaga (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Perezida Kagame yababajwe kandi anenga abayobozi badakemurarira ku gihe ibibazo by’abaturage, ahereye ku rugero rw’ikibazo cy’aborozi bo ku ishyamba rya Gishwati bamaze imyaka ibiri bataka ko hari inyamanswa yica inka z’abo ariko abayobozi bakicecekera ntibagire icyo bagikoraho kugeza ubwo aborozi ubwabo ari bo batangiye gutakira kumbuga nkoranyambaga (Social Media).
Yabitangaje kuri uyu wa Kabiri mu ijambo yavuze ubwo yari amaze kwakira indahiro (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu ntara y’Amajyaruguru mu turere turimo Musanze , Gicumbi na Burera haracyagaragara abasaza bageze mu myaka y’izabukuru n’abasheshe akanguhe bisanga mu mirimo kuri bo imeze nk’amaburakindi, ijyanye no kurarira amaduka, mu gihe bakagombye kuba baruhuka imbeho ya n’ijoro. Bavuga ko ako kazi karimo ingaruka mbi, usibye kuba yahitanwa na bene ngango baje gusahura hari n’abajya bahasiga ubuzima bitewe n’imbeho ibafatanya n’izabukuru.
Urugero twafashe ni (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Ku Rukiko rw’Ibanze rwa Gasabo hatangiye kumvwa urubanza rw’umusore uzwi nka Iraguha Prudence ukurikiranyweho gutukira mu ruhame umunyamakuru Madamu Scovia Mutesi, nyuma yuko uregwa asabye umunyamakuru kumutumira ku kiganiro undi akanga.
Ni urubanza rufite nomero RP01155/2021/TBGSBON rwari ruteganyije kuburanishwa saa 08h30’ tariki ya 08/02/2022 ariko ruza gusubikwa kuko uwunganira Iraguha Prudence mu mategeko atabonetse mu rukiko.
Umushinjacyaha yabwiye (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Mu gihe usanga abakorera ubucuruzi bwambukiranya imipaka y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, DRC, bagisaba ibihugu byombi ko byagarura uburyo bwahozeho bwo kwambuka umupaka hakoreshejwe udupapuro tuzwi nka Jeto (Jeton), ku ruhande rw’u Rwanda rutangaza ko nta kibazo rubifiteho ariko ibihugu byombi birimo gutekereza uburyo burambye bwo gukoreshwa Jetons ziri mu ikoranabuhanga.
Kuva icyorezo cya COVID-19 cyagera mu Rwanda na Congo, DRC, (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






![[AMAFOTO] Kigali: Abaturage barikoma urusengero Bethlehem rwabafungiye inzira nyabagendwa](IMG/logo/img_20220210_180539_878.jpg?1644509297)













