Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Santa Kinyera wari wungirije muri Ambasade ya Uganda mu Rwanda yapfuye

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)

Bruce Melodie yakuyeho impaka ubwo yizihizaga imyaka 10 amaze mu muziki
Bruce Melodie yakuyeho impaka ubwo yizihizaga imyaka 10 amaze mu muziki

Ndayambaje Jean Claude
Umuhanzi Bruce Melodie yabaye Umuhanzi wa Mbere ukomeye wakoze igitaramo cy’amateka mu Mujyi wa Kigali nyuma yaho icyorezo cya Covid-19 gihagaritse ibitaramo no guhuriza hamwe abantu benshi.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 6 Ugushyingo 2021 muri Kigali Arena habereye igitaramo gikomeye cyo kwizihiza imyaka 10 Bruce Melodie amaze mu muziki, cyitabiriwe n’abantu b’ingeri zitandukanye batashye banyuzwe n’uburyo uyu muhanzi yabashimishije ku buryo byarangiye bamwe (…)

424 Shares 4 Comments
Urukingo ruzakorerwa hano ruzabanza ruramire Abanyarwanda-Kagame
Urukingo ruzakorerwa hano ruzabanza ruramire Abanyarwanda-Kagame

Perereza wa Repubulika y’u Rwanda Kagame Paul yatangaje ko urukingo ruzakorerwa mu Rwanda ruzabanza kuramira Abanyarwanda hanyuma rufashe n’abandi banyafurika batuye kuri uwo mugabane.
Yabitangaje kuri uyu wa Gatanu ubwo yari amaze kwakira indahiro z’abayobozi bashya baherutse gushyirwaho muri iki cyumweru.
Umuhango wo kwakira indahiro wabereye mu Ngoro y’inteko ishinga amategeko, Kimihurura.
Perereza Kagame yashimiye Abanyarwanda uko bakomeje kwitabira guhabwa urukingo rwa COVID 19 (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Kubura ingwate bituma hari abagore batitabira gufata inguzanyo yo kuzahura ubucuruzi
Musanze: Kubura ingwate bituma hari abagore batitabira gufata inguzanyo yo kuzahura ubucuruzi

Alice Umugiraneza
Hari abagore bo mu karere ka Musanze bakora ubucuruzi buciriritse bavuga ko bwagizweho ingaruka na covid19 none kubera kubura ingwate byatumye batabona amafaranga yagenewe kuzahura ubucuruzi, bavuga ko bari barasobanuriwe ko ipatante ari yo ngwate bituma binjira mu gukoresha imishinga kandi nabyo byabatwaye amafaranga atari make.
Bamwe mu bagore baganiye na mamaurwagasabo.rw bavuga ko kubura izo ngwate byabateje igihombo.
Mukamusoni ni izina twifashishije ku (…)

424 Shares 4 Comments
Kicukiro: Abagore bahawe inkunga yo kuzahura ubucuruzi bavuze aho yabakuye n'icyo yabagejejeho
Kicukiro: Abagore bahawe inkunga yo kuzahura ubucuruzi bavuze aho yabakuye n’icyo yabagejejeho

Mutungirehe Samuel
Kimwe n’abandi bakora imirimo itandukanye bagizweho ingaruka n’icyorezo cya covid 19, bamwe mu bacuruzi bo mu isoko rya Gahanga ryubakiwe abahoze bacurururiza mu muhanda bazwi nk’Abazunguzayi, mu karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, batangaza ko iyo batagobokwa n’abaterankunga ngo babahe amafaranga yo kuzahura ubucuruzi icyorezo cya COVID-19 cyari gisize bagiye gusubira mu muhanda kandi batifuza kongera gusubira mu buzima bubi nk’ubwo bahozemo.
Bamwe mu baganiriye na (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Mu Rwanda abakuze bashobora guterwa urukingo rwa COVID 19 rwa Gatatu
Mu Rwanda abakuze bashobora guterwa urukingo rwa COVID 19 rwa Gatatu

Minisitiri w’Ubuzima Dr. Ngamije Daniel yatangaje ko bishoboka cyane ko mu bihe bya biri imbere hashobora gutangwa urukingo rwa gatatu rwa Covid-19 kuri bimwe mu byiciro by’abantu cyane abakuze n’abafite indwara zidakira.
Yavuze ko gihe cyose bizagaragara ko hari ubudahangarwa bw’umubiri bwagabanutse kuri bamwe mu bamaze guhabwa doze ebyiri z’urukingo rwa Covid-19, nta kabuza ko bazahabwa doze ya gatatu kugira ngo barusheho kugira ubudahangarwa bwo kuba bahangana n’iki cyorezo kigiye (…)

424 Shares 4 Comments
Kagame yazamuye Col Patrick Karuretwa anamuha inshingano nshya
Kagame yazamuye Col Patrick Karuretwa anamuha inshingano nshya

Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, kuri uyu wa Kane yazamuye mu ntera Col Patrick Karuretwa amuha ipeti rya Brigadier General anamuha inshingano zo kuba Umuyobozi Mukuru ushinzwe imikoranire mpuzamahanga mu Ngabo z’u Rwanda.
Br. Gen. Karuretwa mbere yo guhabwa uyu mwanya, yari asanzwe ari Umuyobozi ushinzwe ibikorwa muri Diviziyo ya Kabiri y’Ingabo ikorera mu Ntara y’Amajyaruguru.
Mbere yaho, yabaye Umunyamabanga Mukuru wihariye wa Perezida wa Repubulika (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Abakobwa babyariye iwabo boroje inka abarimo bagenzi babo
Musanze: Abakobwa babyariye iwabo boroje inka abarimo bagenzi babo

Alice Umugiraneza
Mu karere ka Musanze hari abakobwa babyariye iwabo bafashwa n’umuryango Muhisimbi, kuri uyu wa Kabiri boroje Inka bagenzi babo, abagizweho ingaruka n’ibitero byateye mu Kinigi mu 2019 ndetse n’imfubyi za Jenoside kugira ngo nabo bagire inka zibakamirwa.
Ni igikorwa cyabereye mu murenge wa Kinigi aho Umuryango Muhisimbi ukorera, abo bakobwa bakavuga ko babitekereje mu rwego rwo kutizirikana bonyine nyuma yo kuva mu ngaruka bahuye nazo bamaze giterwa inda abazibateye (…)

424 Shares 4 Comments
Abantu 12 barimo n'abapolisi beretswe itangazamakuru bakekwaho icyaha cya ruswa
Abantu 12 barimo n’abapolisi beretswe itangazamakuru bakekwaho icyaha cya ruswa

Ndayambaje Jean Claude
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu 12 barimo abapolisi 7 n’abasivile 5 bakekwaho ibyaha bya ruswa bakoreye mu turere dutandukanye mu bihe bitandukanye.
Berekanwe ku Gicamusi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 3 Ukwakira 202, kuri sitasiyo ya polisi y’Umujyi wa Kigali , i Remera mu karere ka Gasabo, bakekwaho ibyaha bya ruswa bakoze kuva tariki ya 25 Ukwakira na tariki ya 27 Ukwakira 2021 ubwo hakorwaga ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiga.
Aba bose bahakana (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Kigali hamuritswe ibimoteri bikoresha ikoranabuhanga bizajya bishyirwamo ibishingwe bivanguye
Kigali hamuritswe ibimoteri bikoresha ikoranabuhanga bizajya bishyirwamo ibishingwe bivanguye

Mutungirehe Samuel
Umujyi wa Kigali ufatanyije na Minisiteri y’Ikoranabuhanga no guhanga udushya byashyikirijwe ku mugaragaro ibimoteri bitanu birimo gukorerwaho igeraheza ku mushinga "Smart Waste Collection and Management", wo gukusanya no gucunga imyanda ibora n’itabora hifashishijwe ikoranabuhanga, hagamijwe kwereka abaturage uko ivangurwa no korohereza abafite imishinga yo kubibyaza umusaruro bakabikora biboriheye.
Ni ibimoteri bitanu biri ku isoko rya Kimironko, Ziniya, Kwa (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Abagore batinyutse gukorana n'ibigo by'imari byazahuye ubucuruzi bwazahajwe na COVID-19
Musanze: Abagore batinyutse gukorana n’ibigo by’imari byazahuye ubucuruzi bwazahajwe na COVID-19

Alice Umugiraneza
Abagore bakora ubucuruzi buciriritse mu masoko atandukanye yo mu karere ka Musanze barishimira intabwe bamaze gutera kuko bafashe iyambere mu gukorana n’ibigo by’imari bityo bikabafasha kubona amafaranga yo kongera igishoro cy’ubucuruzi kuko bwari bwarazahajwe na covid19.
Bamwe muri bo babwiye mamaurwagasabo.rw ko mbere yo kubona izonguzanyo byari bitaboroheye kuko kubera icyicyorezo cyugarije isi n’uRwanda rurimo cyari cyabateye igihombo gikomeye bituma n’ibigo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru