Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

Rubavu: Avuga ko yirukanywe aho yari atuye kubera gusebya umurenge
Rubavu: Avuga ko yirukanywe aho yari atuye kubera gusebya umurenge

Umubyeyi witwa Kayitesi Hanriette, ufite imyaka 38, avuga ko yirukanywe n’ubuyobozi mu Murenge wa Kanama yari atuyemo, ashinjwa gusebya Umurenge wa Kanama.
Uyu mubyeyi yatubwiye ko ubusanzwe yakundaga kubaza ibibazo bigendanye n’imibereho ye itameze neza, ndetse agaragaza ko atanishoboye akeneye ubufasha ariko atazi impamvu atafashwa nk’abandi b’imfubyi za buri buri batishoboye.
Kayitesi avuga ko yafatiye indangamuntu mu Mudugu wa Bikuka, mu Kagari ka Mahoko, ho mu Murenge wa Kanama, mu (…)

424 Shares 4 Comments
M23 yageze Kavumu
M23 yageze Kavumu

Umuvugizi w’Ihuriro Aliance Fleuve Congo, AFC/M23, Lawrence Kanyuka yatangaje ko Ingabo z’umutwe wa M23 zageze ku kibuga cy’indege cya Kavumu.
Ni ikibuga kiri mu birometero 30 ugana i Bukavu muri Kivu y’Amajyepfo, umugi usigaye ngo M23 yigarurire uburasirazuba hafio ya bwose bwa DRC.
M23 yavuze ko yamaze gufata ikibuga cy’indege cyose cya Kavumu nyuma yo kwigarurira uduce twa Kabamba na Katana two muri teritwari ya Kabale.
Aba barwanyi bashinjaga ingabo za leta, FARDC, gukoresha indege (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
M23 yageze Katana yerekeza Kavumu
M23 yageze Katana yerekeza Kavumu

Abarwanyi b’umutwe wa M23 bafashe centre y’ubucuruzi ya Katana nyuma y’imirwano ikomeye wagiranye n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, (FARDC), iz’Abarundi n’ihuriro rya Wazalendo.
Katana, iri kuri kilometero 7 uvuye ku kibuga cy’indege cya Kavumu, yari nk’igikuta gikomeye cyabuzaga M23 kwerekeza kuri icyo kibuga kuko ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC ryahashyize uburinzi bukomeye.
Abarwanyi ba M23 bafashe iyi senteri y’ubucuruzi ya Katana nyuma yo kwirukana abo bahanganye mu (…)

424 Shares 4 Comments
NYAGATARE: Impamvu zo kudakoresha agakingirizo ziteye inkeke mu kurandura SIDA
NYAGATARE: Impamvu zo kudakoresha agakingirizo ziteye inkeke mu kurandura SIDA

Ikibazo cyo gutwara inda, gutinya ko wakandura virusi itera sida ndetse n’izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina idakingiye, ni imwe mu mpamvu ituma abantu bazi kureba kure bahitamo bakoresha udukingirizo.
Ku ruhande rw’urubyiruko rwo mu karere ka Nyagatare bamwe muri bo siko bimeze; hari urubyiruko ruvuga ko rukigorwa no kubona udukingirizo bitewe no gutinya uburyo mu muryango nyarwanda babonwa.
Umwe yagize ati: "Hari igihe amafaranga abura ukagendera aho (gukora imibonano (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Imibiri y'abasirikare ba Afurika y'Epfo yagejejwe iwabo
Imibiri y’abasirikare ba Afurika y’Epfo yagejejwe iwabo

Nyuma y’icyumweru mu rugendo ruva i Goma rujya Afurika y’Epfo, kontineri yari itwaye imirambo y’abasirikare 14 ba Afurika y’Epfo baguye ku rugamba na M23 yagejejwe mu gihugu cyabo yakirwa mu cyubahiro cya Gisirikare.
Tariki 7 Gashyantare nibwo kontineri yari irimo imibiri y’abasirikare ba Afurika y’Epfo yemerewe kunyuzwa mu Rwanda ku mupaka wa Rubavu uhana imbibi na Repubulika ya Demokarsi ya Congo, DRC, ikomeza urugendo yerekeza ku mupaka wa Cyanika uhuza u Rwanda na Uganda aho yari (…)

424 Shares 4 Comments
Rutsiro: Abana bataye ishuri bajya kuba abakarani
Rutsiro: Abana bataye ishuri bajya kuba abakarani

Bamwe mu batuye n’abakorera mu murenge wa Musasa by’umwihariko mu Isanteri ya Gisiza, batewe impungenge n’abana bataye ishuri, basigaye bakora akazi ko kwikorera imizigo, harimo inanasi zijyanywe ku isoko, mu gihe abandi bagiye ku ishuri.
Ubwo twagera muri iyi isantera ya Gisiza, mu masaya saa sita z’amanyawa twasahanze abana, bari bazanye inanasi zo gucuruza muri iyi santeri, mu gihe abandi bagiye ku ishuri, ubwo twabegereye ngo bagire icyo batubwira, kuri iyi myitwarire bakabyanga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Amajyaruguru: Visi chairperson w'umuryango RPF Inkotanyi yibukije komite nyobozi nshya gushyira umuturage ku isonga
Amajyaruguru: Visi chairperson w’umuryango RPF Inkotanyi yibukije komite nyobozi nshya gushyira umuturage ku isonga

Mu nteko Rusange idasanzwe y’umuryango FPR Inkotanyi ku rwego rw’Intara y’Amajyaruguru, hatorewemo komite Nyobozi nshya yasabwe gukora cyane bashyira umuturage ku isonga.
Visi chairperson w’umuryango RPF Inkotanyi Hon. Uwimana Consolee yavuze ko aya matora abaye nyuma y’isuzuma ryakozwe n’ubunyamabanga bukuru bw’Umuryango, aho bwasanze hari abitwa ko ari abanyamuryango kandi ataribo.
Yagize ati: "Reka nshimire abarangije manda zabo, aya matora y’abayobozi muri izi nzego abaye nyuma (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Ramaphosa yatanze igihe ingabo ze zizava muri DRCongo
Perezida Ramaphosa yatanze igihe ingabo ze zizava muri DRCongo

Perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatangaje ko ingabo z’igihugu cye zizava ku butaka bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) mu gihe ibyemejwe mu nama bakubutsemo muri Tanzania biaba byashyizwe mu bikorwa.
Abakuru b’ibihugu by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba EAC n’ab’Afurika y’Amajyepfo SADC, bakubutse mu nama yabahurije muri Tanzania aho aganiraga banafata umwanzuro ku cyazana amahoro kigahosha intambara mu Burasirazuba bwa Congo.
Ni inama yateranye kuwa Gatandatu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Imirambo y'Ingabo za Afurika y'Epfo zaguye muri DRC yanyujijwe mu Rwanda
Imirambo y’Ingabo za Afurika y’Epfo zaguye muri DRC yanyujijwe mu Rwanda

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu nibwo ku mupaka munini wa Rubavu, Grande Barriere, hinjiye imodoka ziirimo imibiri y’abasirikare ba Afurika uy’Epfo baguye mu mirwano yabahanganishije n’umutwe wa M23 mu rugamba izo ngabo zarwanyemo, nkuko zaje mu butumwa bwa SADC, bwiswe SAMIDRC.
Mu ngabo za SADC, iza Afurika y’Epfo zaguye ku rugamba zigera kuri 14 nubwo abatangaza imibare bagenda bayihindagura. Mbere nabwo batashye indi mirambo y’abaguye ku rugamba nabwo irashyingurwa.
Amashusho (…)

424 Shares 4 Comments
Abanyarwanda barenga 100 batahutse bavuye DRCongo bahunze imirwano
Abanyarwanda barenga 100 batahutse bavuye DRCongo bahunze imirwano

Abanyarwanda barenga 116 batahutse mu gihugu cyabo nyuma yuko mu bice bari barahungiyemo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) bigezwemo n’imirwano irimo guhuza M23 n’ingabo za Leta.
Abarimo guhunguka barakirwa ku mupaka wa Rubavu, baraza bavuga ko ari abahunze mu 1994 muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
Gusa iyo urebye benshi muri bo uko bangana usanga ari bato, ni abana kandi biganjemo abagore, bishobora kuba bigaragara nk’aho ari abavukiye muri Congo aho ababyeyi babo bari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru