Tuesday . 3 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

U Rwanda rumaze kwakira Impunzi 1200 zihunze imirwano ya Goma
U Rwanda rumaze kwakira Impunzi 1200 zihunze imirwano ya Goma

Abahunga imirwano ikomeye y’Umutwe wa M23 n’igisirikare cya DRCongo mu mugi wa Goma bahungira mu Rwanda bamaze kubera ku 1200.
Impunzi zirimo kwakirwa mu nkambi ya Rugerero iherereye mu Karere ka Rubavu mu Ntara y’Iburengerazuba, nk’uko byemezwa na Minisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA).
Imvaho nshya yasanze kugeza saa tanu zo muri iki gitondo kuwa 28 Mutarama 2025 imodoka zari zikizana impunzi zikomeje guhunga imirwano ihanganishije umutwe wa M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Leta (…)

424 Shares 4 Comments
Nyabihu: Nihatagira igikorwa umugezi wa Kinoni urasenyera abaturage nk'uwa Sebeya
Nyabihu: Nihatagira igikorwa umugezi wa Kinoni urasenyera abaturage nk’uwa Sebeya

Abaturage bo mu Murenge wa Kintobo mu karere ka Nyabihu bavuga ko bahangayikishijwe n’umugezi wa Kinoni, aho amazi yawo yasatiriye inzu zabo ukaba ugiye kubasenyera nyamara ubuyobozi bubireba.
Aba baturage babitangarije umunyamukuru wa Mamaurwgasabo TV ubwo yegeraga mu Murenge wa Kintobo mu gasantere k’akagari ka Nyamugari, mu mudugudu wa Kabagundu aho basaba ko hagira gikorwa imvura itaratangira kugwa ari myinshi igatwara inzu zabo nkuko byagendekeye abaturiye Sebeye muri Rubavu. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Abanyarwanda 5 bishwe n'amasasu yavuye mu rugamba rwa Goma
Abanyarwanda 5 bishwe n’amasasu yavuye mu rugamba rwa Goma

Amasasu yavaga mu mirwano yahuzaga Umutwe wa M23 n’ingabo za Leta ya Congo FARDC yahitanye Abanyarwanda 5 abandi 20 arahakomeretsa ku gice cy’u Rwanda cyo ku mupaka na Goma.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 28 Mutarama nibwo byari byemejwe ko Ingabo za M23 zaraye zifashe umugi wa Goma, ukaba umugi mukuru wa Kivu y’Amajyaruguru mu Burasirazuba bwa DRCongo.
M23 yari yabyutse itanga itangazo ku ngabo za Leta, FARDC zaba zasigaye mu mugi wa Goma ko zigomba gutonda umurongo kuri (…)

424 Shares 4 Comments
Min. Nduhungirehe yabonye ikimenyetso simusiga cyuko DRCongo ikorana na FDLR
Min. Nduhungirehe yabonye ikimenyetso simusiga cyuko DRCongo ikorana na FDLR

Kuva na mbere u Rwanda rwakunze gushinja Ubutegetsi bwa DRCONGO gukorana n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, kuri iyi nshuro ho hanagaragaye ikimenyetso simusiga.
Ubwo yari agiye gusura ingabo zakomerekeye ku rugamba, Madamu Denise Nyakeru, akaba Umugore wa Perezida Tshisekedi, yagaragaye asura n’umusirikare ufite ibirango ku muboko by’umutwe w’abarwanyi kabuhariwe ba FDLR uzwi nka CRAP. Madam Denise Nyakeru wa Perezida Tshisekedi yasuye ingabo za leta, FARDC zakomerekeye ku rugamba na M23 Uyu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
M23 yafunze ikibuga cy'indege cya Goma
M23 yafunze ikibuga cy’indege cya Goma

Nyuma yo gusatira Umujyi wa Goma w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, umutwe w’inyeshyamba wa M23 wafunze ikirere cya Goma ubuza ingendo z’indege.
Ibi byemejwe mu itangazo ryashyizwe hanze kuri iki Cyumweru n’umuvugizi w’uyu mutwe mu bya Politike Lawrence Kanyuka.
Muri iri tangazo, yasabye ingabo z’amahanga ziri muri RDC zirimo iz’u Burundi, SAMIDRC guhagarika kwica abaturage no kuva ku butaka bwa Congo byihuse.
Magingo aya imirwano isatira Goma irarimbanyije, aho M23 yarahiriye gufata uyu (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida w'Ubufaransa yahamagaye Kagame na Tshisekedi
Perezida w’Ubufaransa yahamagaye Kagame na Tshisekedi

Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron cy’Ubufaransa, yahamagaye kuri telefoni Perezida Felix Tshisekedi na Perezida Paul Kagame kugira ngo baganire ku kibazo kiri kuzambya umutekano mu Burasirazuba bwa DRCongo.
Uyu Mutegetsi w’Ubufaransa ahamagaye bagenzi be nyuma yuko abonye ko ibihugu byombi bishobora kuba bigiye gucana umubano, cyane ko Leta ya Kinshasa yahamagaje Aba-Dipolomate bayo bari i Kigali igatanga n’amasaha 48 ku b’u Rwanda ngo bafunge ibikorwa byabo i Kinshasa.
Ibiro bya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
DRCongo yahaye amasaha 48 Aba-Dipolomate b'u Rwanda i Kinshasa inahamagaza abayo
DRCongo yahaye amasaha 48 Aba-Dipolomate b’u Rwanda i Kinshasa inahamagaza abayo

Umuriro ushobora kuba ugiye guturika mu mwotsi umaze igihe ucumba mu mubano wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo n’u Rwanda, nyuma yaho noneho Leta ya Kinshasa ihaye amasaha 48 Aba-Dipolomate b’u Rwanda ikanahamagaza abayo basanzwe i Kigali.
Ni nyuma yaho Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Congo, Thereza Kayikwamba Wagner arekuye itangazo yanditse tariki ya 24 Mutarama 2025, avuga ko Kinshasa yahamagaje abadiplomate bayihagarariye i Kigali, hanyuma iha amasaha nkayo M23 yatanze (…)

424 Shares 4 Comments
M23 yahaye FARDC amasaha 48 yo gushyira intwaro hasi ikava Goma
M23 yahaye FARDC amasaha 48 yo gushyira intwaro hasi ikava Goma

Umutwe w’inyeshyamba za M23 watanze itangazo riburira Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko zifite amasaha 48 yo kuba zarambitse intwaro hasi zikava mu mugi wa Goma zitarahagera.
Ni amasaha abarwa guhera kuri uyu gatandatu tariki ya 25 Mutarama 2025 ubwo Umuvugizi w’uyu mutwe mu rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, yasohoraga itangazo ritanga iki gihe ntarengwa.
Kanyuka yagize ati “AFC/M23 isabye abasirikare bose b’igisirikare cya RDC bari mu Mujyi wa Goma no mu nkengero (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Igisirikare cya FARDC cyiyemeje guhorera Gen. Chilimwami
Igisirikare cya FARDC cyiyemeje guhorera Gen. Chilimwami

Mu rukerera rwo kuwa Kane nibwo inkuru yabaye Kimomo ko Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, akaba n’Umuyobozi w’ingabo za DRCONGO muri icyo gice, Gen. Maj. Peter Chilimwami Nkuba yishwe arashwe arimo kwifotoza aho yari yagiye. gusura Ingabo zari zisumburijwe na M23 zimaze kwamburwa Minova.
Ni urupfu rwigambwe n’Ihuriro rya AFC/M23 rihanganye n’igisirikare cya DRCCongo FARDC.
Kuva inkuru yasakara usibye inyeshyamba zavuze urwo rupfu rwa Gen. Chilimwami nta tangazo rya Leta cyangwa (…)

424 Shares 4 Comments
Nyagatare: Amavuriro y'ibanze ntabona imiti ihagije
Nyagatare: Amavuriro y’ibanze ntabona imiti ihagije

Amavuriro y’ibanze azwi nka post de sante, ni amwe mu mavuriro yashyizweho mu rwego rwo korohereza abaturage kubona ubuvuzi bw’ibanze badakoze urugendo rurerure.
Urugero muri Nyagatare hari amavuriro y’ibanze agera kuri 84 ari mu tugari dutandukanye.
Kimwe mu bikiri imbogamizi muri aya mavuriro kugira ngo akore neza ni ukubona imiti ihagije ndetse no kuyibonera ku gihe nk’uko bivugwa na bamwe mu bayobora aya mavuriro. Ubwo bahuraga n’itsinda ry’abasenateri bari kuzenguruka mu ntara (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru