Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Umutwe wa M23 uri mu ivururo Alliance Fleuve Congo watangaje ko wishe Umuyobozi w’Intara ya Kivu ya Ruguru, Gen Maj. Cirimwami Nkuba Peter mu mirwano yabereye mu nkengero za Goma.
Umuvugizi wa AFC/M23, Laurence Kanyuka yemeje aya makuru ku rukuta rwa X yahoze ari Twitter.
Ati “Turamenyesha urupfu rw’Umugaba mukuru wa FDLR, Gen Chirimwani. Yiciwe i Kasengezi ubwo yari yagiye kwifotoreza ku rugamba.”
Gusa uruhande rwa Kivu ya Ruguru ntabwo ruremeza aya makuru ubwo twandikaga iyi nkuru, (…)
Ubwoba ni bwose ku ba-Congomani bari mu Mujyi wa Goma, nyuma yaho abaranyi wa M23 bafashe umugi wa Sake usanzwe ufatiye runini Goma ku bijyanye n’urujya n’uruza.
Abari Goma n’abari kuyirebera ahirengeye bari kuvuga ko aba-Congomani babyukijwe iya rubika n’urusaku rw’imbunda ziremereye zumvikaniraga hirya ya Goma.
Ikirimo gutera ubwoba abari mu mugi wa Goma ni ukuba batazi aho imirwano ya Sake ishobora kwerekeza, cyane ko ingabo za leta zatangiye kuhavana intwaro nini, zimwe zinyuzwa mu (…)
Ubuyobozi bw’Urwunge rw’amashuri rwa Gasavemu, ruherereye karere ka Nyamagabe mu Majyepfo y’u Rwanda bwashyizeho amabwiriza agena imyitwarire y’abarezi mu kigo kugeza mu ishuri, yiganjemo ajyanye n’imyambarire ibujijwe kuri mwalimu hagamijwe kurinda ibyarangaza abanyeshuri.
Ubuyobozi bw’iri shuri buvuga ko amabwiriza bamwe bise akarishye bashyizeho agamije kuzahura uburezi n’uburere ku banyeshuri baryigamo. By’umwihariko bigizwemo uruhare n’abarimu b’intangarugero, bashoboye kandi (…)
Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, yongeye gusubiramo ko igihugu cye gitekereza gushoza intambara k’u Rwanda.
Gushoza intambara ku rwanda si ubwa mbere byumvikanye ku bategetsi ba DRCongo, kuko n’igihe Perezida Tshisekedi yiyamamarizaga i Goma, ashaka gusubira ku butegetsi muri Manda ya Kabiri arimo yavuze ko ashobora kurasa Kigali yibereye Goma, ndetse asaba abari imbere ye kumuhundagazaho amajwi akabakuriraho ubutegetsi bw’u Rwanda. (…)
Ministeri y’Ubuzima yatangaje ko Guverinoma ifite gahunda yo kuvugurura ibitaro 10 byo ku rwego rw’uturere bikarushaho gutanga serivisi zisumbuye ku zo zatangaga ku baturage babigana.
Ubwo yair imbere ya Komisiyo ishinzwe imiyoborere n’uburinganire hagati y’abagabo n’abagore, Minisitiri w’Ubuzima Dr Nsanzimana Sabin, kuri uyu wa Gtatu tariki ya 22 Mutarama 2025, yavuze ko byaturutse ku kuba umubare w’abo ibyo bitario byakira nawo wagiye uzamuka.
Yagize ati: “Byinshi mu bitari bikorera (…)
Hari abaturage bo mu murenge wa Mataba w’Akarere ka Gakenke bavuga ko baherutse gusenyerea n’ibiza bashyirwa ku rutonde rw’abagomba guhabwa isakoro (amabati) kubera amikoro make ariko ngo barategereje amaso yaheze mu kirere.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo TV ubwo yagerega muri uyu murenge wa Mataba, abasanga aho basigaye bavumbitse, bavuga ko ubuyobozi bwabijeje ubufasha bwo kubasanira inzu.
Uwineza Leontine wo mu mudugudu wa Mataba, Akagari ka Nyundo yagize (…)
Imiryango ine ituranye n’ishuri ry’Urwunge rw’amashuri rwa Kinini ruherereye mu Mudugudu wa Kijibamba mu Kagari ka Rwesero, mu Murenge wa Kagano ho mu Karere ka Nyamasheke, irasaba ko yakwimurwa kuko ibangamiwe no guturana n’iri shuri.
Bavuga ko nta nzira bafite yo gucamo kuko ishuri ryayifunze, bakagaragaza ko hari n’umunuko uva mu bwihererero bw’iri shuri ndetse n’abana babangiriza imitungo bityo bakaba ariho bahera basaba ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke kubafasha bakimurwa.
Daniel (…)
Hari abaturage basenyewe n’umuyaga mu mwaka ushize wa 2024, bo mu tugari twa Kiyenzi no mu kagari k’Urugarama mu murenge wa Gahini mu karere ka Kayonza bavuga ko bagiye kumara amezi atanu basembera kandi batishoboye.
Aho umunyamakuru wa Mamaurwagasabo yageze yasanze hari inzu zitakibamo abantu, ndetse hari n’abanze kuzivamo bahitamo kuzibamo uko ziri, ibintu bigaragara nk’ibiteje inkeke ku buryo mu gihe bitakemurwa vuba bamwe bashobora kuzagwirwa n’izo nzu.
Aba baturage bavuga ko nyuma (…)
Hari bamwe mu baturage bakorera n’abakoresha santere ya Byangabo iherereye mu mu murenge wa Busogo w’Akarere ka Musanze bifuza kubakirwa gare itegerwamo imodoka bikaba biteza impanuka.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa Mamaurwagasabo TV, ubwo yageraga muri iyi Santere ya Byangabo aho usanga urujya n’uruza rw’imodoka n’abantu.
Ndagijimana Enock yagize ati: "Turifuza gare hano mu Byangabo, kubera ko hano ni hato cyane; murabona ko ari mu muhanda Bus nini, amataxi yose nihano (…)
Nyirarugendo Esperansiya, ufite imyaka 23 utuye Mudugu wa Karambi, mu Kagari ka Kinigi, mu Murenge wa Nyamyumba, aratabaza, agatabarizwa n’abaturanyi be kubera ubuzima bushaririye we n’umuryango we babayemo aho ariwe ubazwa byose ngo babone amaramuko ndetse nta n’amahirwe ku mahirwe atangwa na leta ajya amugeraho ngo abashe kubarera.
We n’abavandimwe be babiri na Nyina ubabyara bafite ubumuga icyongeye bakaba batishoboye, ariko ngo barengejwe ingohe n’abayobozi muri gahunda z’itandukanye (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




















