Saturday . 18 April 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Spain yafunze ikirere cyayo ku ndege z'intambara z'Amerika

Minisitiri w’ingabo wa Espagne Margarita Robles yavuze ko icyo gihugu cyafunze ikirere cyacyo ku ndege z’Amerika zirimo kugaba ibitero kuri Iran.
Yagize ati: “Ntituzemera ikoreshwa rya Morón na Rota [ibigo bya gisirikare] ku bikorwa ibyo ari byo byose bijyanye n’intambara muri Irani.”
Yongeyeho ko Espagne “ibi yabisobanuriye neza leta y’Amerika guhera mu ntangiriro”.
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Espagne José Manuel Albares yavuze ko intego y’iki cyemezo ari “ukudakora ikintu na (…)

Biravugwa ko Col makanika yishwe na Drone ya FARDC
Biravugwa ko Col makanika yishwe na Drone ya FARDC

Amakuru ataremezwa n’urwego urwo ari rwo rwose, kuva ku waba yabikoze, aravuga ko Colonel Michel Rukunda Makanika uyobora umutwe wa Twirwaneho yishwe arashwe n’igitero cy’indege zitagira abapilote zizwi nka Drone zo mu ntambara ziri kwifashishwa n’igisirikare cya Leta ya Congo, FARDC.
Col Makanika yahoze ari umusirikare mu ngabo za Leta, FARDC kugeza mu mwaka wa 2020 ubwo yitandukanije na Leta, agahitamo kujya kurwanira bene wabo b’Abanyamulenge bakomeje kwicwa bazira uko baremwe.
Uyu (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Irondo ntiririvangura n'ibisambo
Rubavu: Irondo ntiririvangura n’ibisambo

Bamwe mu baturage batuye mu Karere ka Rubavu, bavuga ko bajya bahohoterwa n’abanyerondo, aho kubacungira umutekano, ngo harimo ababakorera ibikorwa by’urugomo bakabura ayo bacira nayo bamira.
Uwamungu Janvier, atuye mu Mudugu wa Nyamigogo mu Kagari ka Kamuhoza mu Murenge wa Kanama, mu Karere ka Rubavu, uyu avuga ko yahohotewe n’abanyerondo atashye ari nijoro, ndetse akanavuga ko bamurumye ubwo bamukorera uru rugomo.
Yagize ati: "Kuba wowe utashye n’ijoro wabitewe niki? (bamubaza). (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Nyamasheke: Hari ikiraro kidasiba kugwamo abagenzi
Nyamasheke: Hari ikiraro kidasiba kugwamo abagenzi

Abakoresha ikiraro cyo ku mugezi wa Kamiranzovu cyo mu Kagari ka Rwesero mu Murenge wa Kagano mu Karere ka Nyamasheke baratabaza ko ikiraro basanzwe bafite cyangiritse ku buryo butajya bwira hatagize umuntu ugwa mu mugezi ndetse ko hari uwaguyemo agapfa..
Iki kiraro gisanzwe gifasha abatuye mu Tugari twa Mubumbano, Ninzi na Rwesero, cyangijwe n’ibiza byatewe n’imvura nyinshi iherutse kugwa igatuma umugezi wa Kamiranzovu wuzura.
Umwe mu baturage yabwiye Mama U rwagasabo ati: “Hagwamo (…)

424 Shares 4 Comments
Ububiligi wagize icyo buvuga ku cyemezo cy'u Rwanda
Ububiligi wagize icyo buvuga ku cyemezo cy’u Rwanda

Nyuma yuko Guverinoma y’u Rwanda ihagaritse umufatanye mu by’iterambere n’igihugu cy’Ububiligi kubera ko bwafashe uruhande rwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu kurushinja kugira uruhare mu ntambara iri mu Burasirazuba bwayo, iki gihugu nacyo cyasubije u Rwanda.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki ya 18 Gashyantare nibwo minisiteri y’Ububanyi n’amahanga n’ubutwererane y’u Rwanda, MINAFET yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yahagaritse imikoranire mu by’iterambere n’u (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gen. Byamungu wa M23 yageze Kamanyola nyuma yo kwirukana Wazalendo
Gen. Byamungu wa M23 yageze Kamanyola nyuma yo kwirukana Wazalendo

Hashize iminsi umupaka wa Kamaniola, uzwi nka Kamanyola ku ruhande rw’u Rwanda, uruhuza na Repubulika ya Demokarasi ya Congo ugenzurwa na Wazalendo ku ruhande rwaho, ingabo za Leta FARDC zarawutaye zihungira Minova.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 18 Gashyantare 2025 nibwo hasakaye amashusho y’ingabo za M23 zageze kuri uwo mupaka no mu gasantere kawo.
Amashusho agaragaza General Byamungu Bernard aganira n’abaturage arinzwe n’ingabo za M23, bamwe batangira kwibaza niba ariwe (…)

424 Shares 4 Comments
U Rwanda rwahagaritse umubano n'Ububiligi
U Rwanda rwahagaritse umubano n’Ububiligi

Guverinoma y’u Rwanda itangaje ko yahagaritse imikoranire n’u Bubiligi mu bikorwa by’iterambere.
Ni nyuma y’uko bigaragaye ko u Rwanda rusanze Ububilugi bukomeje imikoranire na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu icengezamatwara rigamije kwangisha u Rwanda amahanga n’abaterankunga barwo.
Ni icyemezo cyatangajwe na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane y’u Rwanda, kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 18 Gashyantare 2025.
U Rwanda rwagaragaje ko mu gihe umuryango mpuzamahanga (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Tshisekedi yasuye uwa Angola bareba uko umutekano urimo kuzamba
Perezida Tshisekedi yasuye uwa Angola bareba uko umutekano urimo kuzamba

Perezida wa DRCongo Felix Anthoine Tshisekedi Chilombo yasuye Perezida wa Angola, Joao Lorenzo baganira ku buryo umutekano uhagaze mu Burasirazuba bwa Congo.
Ni uruzinduko Tshisekedi yagiriye muri Angola kuri uyu wa mbere tariki ya 17 Gashyantare 2025. Ibiro bya Perezida wa Angola byanditse ko bamaranye amasaha atari make mu biro bye biri Luanda.
Uru ruzinduko ruje nyuma yaho Umutwe wa M23 uhanganye na Leta ya Congo umaze gufata umujyi wa Bukavu, ukanirukana ingabo za Leta FARDC zikaba (…)

424 Shares 4 Comments
Rutsiro: Batewe impungenge n'ikiraro cyasenyutse, basigaye bakinyuraho bakambakamba
Rutsiro: Batewe impungenge n’ikiraro cyasenyutse, basigaye bakinyuraho bakambakamba

Abaturage bakoresha ikiraro gihuza Umurenge wa Murunda n’uwa Gihango yo mu Karere ka Rutsiro, batewe impungenge n’uburyo cyangiritse, kikaba cyarazambije ubuhahirane ku bagikoresha, ndetse kinabateye mpungenge ko gishobora guhitana ubuzima bwabo cyane ko basigaye bakinyuraho bakambakamba.
Iki kirako ubusanzwe kinyuraho abaturage barimo abanyeshuri bagiye kwiga ndetse n’abagana ibitaro bya Murunda, hamwe n’ababa bagannye Isanteri y’Ubucuruzi ya Mburamazi.
Consalata Uwamariya, utuye mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
AFC/M23 yahamagariye indi mitwe ya politiki n'ingabo guhagurukira impinduka muri DRC
AFC/M23 yahamagariye indi mitwe ya politiki n’ingabo guhagurukira impinduka muri DRC

Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko ryiyemeje gutabara abaturage bo mu Mujyi wa Bukavu, rihamagarira indi mitwe ya politiki n’ingabo batishimiye uko ubutegetsi bumeze muri Congo guhaguruka bagashaka impinduka.
Bikubiye mu itangazo ryashyizweho umukono n’Umuvugizi wa AFC/M23 mu rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka, kuri uyu wa 16 Gashyantare 2025, aho yavuze ko M23 yafashe icyemezo cyo gufaat umujyi wa Bukavu nyuma y’uko abaturage baho bari baratereranywe n’ihuriro z’ingabo za RDC, iz’u (…)

424 Shares 4 Comments
Rubavu: Avuga ko yirukanywe aho yari atuye kubera gusebya umurenge
Rubavu: Avuga ko yirukanywe aho yari atuye kubera gusebya umurenge

Umubyeyi witwa Kayitesi Hanriette, ufite imyaka 38, avuga ko yirukanywe n’ubuyobozi mu Murenge wa Kanama yari atuyemo, ashinjwa gusebya Umurenge wa Kanama.
Uyu mubyeyi yatubwiye ko ubusanzwe yakundaga kubaza ibibazo bigendanye n’imibereho ye itameze neza, ndetse agaragaza ko atanishoboye akeneye ubufasha ariko atazi impamvu atafashwa nk’abandi b’imfubyi za buri buri batishoboye.
Kayitesi avuga ko yafatiye indangamuntu mu Mudugu wa Bikuka, mu Kagari ka Mahoko, ho mu Murenge wa Kanama, mu (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru