Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Donald Trump, warahiye nka Perezida wa 47 wa Amerika, yagarutse kuri uyu mwanya mu ntego ye asanganywe yo gusubiza Amerika ku buhanganye "Make America Great Again".
Uyu mugabo wavutse ku wa 14 Kamena 1946, yagarutse muri White House ku nshuro ya kabiri, muri manda y’imyaka 4. Manda ya mbere yayikoze kuva 2017 ageza mu 2021 nka Perezida wa 45 wa Amerika.
mu muhango wabereye mu nyubako ya Capitol, kuri uyu wa Mbere, tariki ya 20 Mutarama 2025.
Trump wo mu Ishyaka ry’Aba-Républicains (…)
Abagize komite Nyobozi nshya y’Umuryango FPR Inkotanyi yatowe ku rwego rw’Akarere ka Musanze biyemeje guhangana na bimwe mu bibazo bikibangamiye aka karere, birimo kurwanya igwingira mu bana, umwanda, guta ishuri ku bana n’ibindi.
Byagarutsweho ubwo bari mu nteko nteko rusange y’Abanyamuryango ba FPR INkOTANYI, yabaye kuri uyu Gatandatu tariki ya 18 Mutarama 2025. Yanatorewemo komite Nyobozi igiye gukora muri iyi Manda ya Nyakubahwa Perezida wa Repulika y’u Rwanda, Akaba na Chairman (…)
Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Nyabisusa, mu Kagari ka Kinigi, ho mu Murenge wa Nyamyumba, bavuga ko bamaze igihe kirenga umwaka nta mazi arangwa ku ivomero rusange ribarizwa muri uyu mudugu.
Ubwo twagera kuri rino vomera twasanze bigararaga ko ryakamye, kandi bigaragara ko nta mazi ahaheruka.
Nizeyimana Vincent na Ndagijimana Eric, ni bamwe mu baturage bagaragaza ingaruka, bagize zo kubura amazi, bakaboneraho gusaba ababishinzwe gukemura kino kibazo mu maguru mashya.
Nizeyimana (…)
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Karambi ho mu Karere ka Nyamasheke bavuga ko hari uduce tumwe na tumwe tutarimo amazi meza, bigatuma bavoma amazi mabi kandi abagiraho ingaruka ku buzima bwabo n’abana babo.
Mu gihe hirya no hino mu gihugu bagitaka kutagira amazi meza bigatuma hari abavoma ibishanga n’imigezi. Abo mu tugari dutandukanye tw’Umurenge wa Karambi harimo Akagari ka Kagarama muri aka Karere ka Nyamasheke bavuga ko kuvoma amazi mabi bibatera indwara bagasaba ko bahabwa amazi (…)
Umuvugizi w’Igisirikare cy’u Burundi, Brig Gen Gaspard Baratuza, yemeye ko hari abasirikare b’igihugu cyabo bapfira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuko ngo ntibarwana urugamba rwo guterana indabo.
Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 16 Mutarama 2025, Baratuza yagize ati “Abasirikare si ukuvuga ko batitaba Imana, bari ku rugamba, ntibaterana indabo. Ibyo byo ni byo twasinyiye, no mu bwogero uranyerera ukagwa, ukitaba Imana. Iyo ugiye ku rugamba, bavuga ko waguye ku rubuga (…)
Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 bo mu karere ka Nyamasheke bavuga ko hashize imyaka isaga 17 bategereje ibyangombwa by’ubutaka bw’inzu bahawe ariko bakaba barahebye.
Aba baturage bemeza ko kuba nta byangombwa by’inzu batuyemo bibagirago ingaruka mu bijyanye no kwiteza imbere.
Ni imiryango 17 y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 batujwe mu mudugudu wa Rugabano, mu kagari ka Ninzi, mu murenge wa Kagano.
Bavuga ko izi nzu bazimazemo igihe (…)
Hari abanyeshuri bo ku Rwunge rw’amashuri rwa Kabare rwo mu murenge wa Rwempasha mu karere ka Nyagatare bavuga ko umuyobozi w’ikigo yabakuye mu mwaka wa gatatu bageze mu gihembwe cya kabiri biga abasaba gusubira mu mwaka wa kabiri ntibishimira icyo cyemezo bamwe bahitamo kureka ishuri.
Abo byabayeho baganiriye na Mamaurwagasabo bavuze ko basoje umwaka wa kabiri bafite amanota yo kwimuka ariko batunguwe nuko umuyobozi w’ikigo aje mu ishuri agasohora abanyeshuri agendeye ku manota (…)
Bamwe mu banyonzi bakorere mu Karere ka Rubavu, bavuga ko bakwa amafaranga y’umurengera ntibamenye icyo akoreshwa, nkaho hari abakwa Frw 25 000, kandi ntagira icyo abafasha nko mu gihe bagize ibibazo.
Aba banyonzi, usibye amafaranga bakwa yo kwinjira mu makoperative, nayo ntibamenye irengero ryayo, bakwa n’ayandi ya hato na hato, ubwabo babona ko ari nk’ubujura.
Bizimana Emmanuel, ni umwe muri bano banyonzi, avuga ko yatswe Frw 25 000, ariko amaze gutanga Frw 12 000, ariko ko nayo atazi (…)
Hari abaturage batuye mu kagari ka Nyakagarama mu murenge wa Rukomo mu karere ka Nyagatare, basaba ingurane z’ibyabo byangijwe n’umuyoboro w’amashanyarazi washyizwe muri aka kagari muri 2021.
Aba baturage bavuga ko mu mwaka wa 2021, ari bwo muri aka Kagari hazanywe umuriro w’amashyari wa Triphase. Muri ibi bikorwa hari ibyangijwe birimo imyaka ndetse n’ibiti birimo amavoka, imyembe, gerevariya n’ibindi.
Aba baturage bavuga ko nyuma yo kwangirizwa ibyabo ko bashyizwe ku rutondo (…)
Ibice byinshi by’akarere ka Nyagatare bizwiho kweza cyane ku buryo usanga abaturage bakenera uburyo bageza umusaruro wabo ku isoko. Urugero nko mu murenge wa Rukomo hakunda kwera ibigori byinshi n’indi myaka.
Urebye uyu murenge uri mu irimo kuzamuka mu iterambere cyane muri aka karere ahanini babikesha ubuhinzi buhakorerwa.
Ariko nk’uko bamwe mu baturage baho babivuga, ngo hari iterambere batabona bitewe no kutagira imihanda myiza ibahuza n’abaturanyi,kuko bibagora kugeza umusaruro wabo (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




















