Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Abarema n’Abacururiza mu isoko rya Rugarama riherereye mu mu karere ka Burera bavuga ko ryubatswe nabi, mu buryo bita busondetse none rikaba ryaratangiye gusenyuka.
Aba baturage bavuga ko iri soko rya Rugarama rimaze imyaka ibiri rivuguruwe ariko babona baryubakishije umusenyi gusa aho kuryubakisha Sima, ibyo bafata nko guhangika leta.
Mu kiganiro bagiranye na Mamaurwgasabo TV bongeye gusaba ubuyobozi ko bwasaba rwiyemezamirimo waryubatse kugaruka kurisana.
Umwe muri bo yagize ati: (…)
Nshimiyimana Emmanuel, utuye mu Mudugu wa Ngugu, mu Kagari ka Byahi, mu Murenge wa Rubavu, nyuma yaho yari amaze gushwana n’umugore we biravugwa ko yatwitse inzu ye irakongoka hamwe n’ibintu byari biyirimo, harimo ni by’umupangayi.
Ku gicamunsi cyo kuri wa Mbere, tariki ya 13 Mutarama 2025, nyuma yo gushwana n’umugore we akamuhunga ndeste n’abana, Nshimiyimana yagiye kunywa ibisindisha agaruka yasinze yarubiye mu rukerera rwo kuri uyu wa Kabiri, atangira gutangira gutwika inzu n’ibyari (…)
Minisiteri y’Ibikorwa remezo yatangaje ko Guverinoma yihaye gahunda yo kugeza mu kwezi kwa Gatandatu 2025, izaba yarishyuye amadosiye yose y’ibirarane by’abimuwe mu mitungo yabo badahawe ingurane.
Iki ni ikibazo gihora kigaruka kuri buri minisitiri uhagarariye guverinona iyo yinjiye mu Nteko ishinga amategeko avuga ku kwimura abaturage ku bw’ibikorwa remezo no kwimura abaturage aho bizanyuzwa.
Kugeza ubu minisiteri y’ibikorwa remezo n’ibigo biyishamikiyeho ibitso dosiye zirenga ibihumbi (…)
Hari abacuruzi bo mu isoko riri mu Mujyi wa Kibungo uherereye mu Karere ka Ngoma, bataka ibihombo baterwa n’imikorere idahwitse y’ubuyobozi bw’akarere ari nabwo burifite mu nshingano.
Abacururiza muri izi nzu z’isoko babwiye IGIHE ko bahura n’ibihombo biterwa no kuva kwazo ndetse n’ibindi bibazo bigendanye no kuba zishaje.
Iyo uryinjiyemo usanga hari zimwe mu nzu zisa nabi, izindi zararobotse amasima.
Uwamahoro Usher ucururiza muri iri soko yavuze ko inzu bakoreramo ziva, sima zikaba (…)
Perezida Paul Kagame yagize Jean-Guy Afrika Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB).
Ni icyemezo cyatangajwe kuri uyu wa Mbere tariki 13 Mutarama 2025, n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe.
Jean-Guy Afrika asimbuye kuri uyu mwanya Francis Gatare wagizwe Umujyanama wihariye muri Perezidansi ya Repubulika ku wa 20 Ukuboza 2024.
Yari asanzwe akorera Banki Nyafurika y’Iterambere, African Development Bank, AfDB.
Muri iyi Banki yari ashinzwe guhuza ibikorwa by’iyo Banki (…)
Umuturage witwa Habumugisha Emmanuel, utuye mu Mudugudu wa Mukondo, mu Kagari ka Kiraga, mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu, avuga ko agiye kumara imyaka itanu asiragira ku ngurane y’imitungo ye, nyuma yaho imitungo ye, ikozweho n’ibikorwa by’iyubakwa ry’umuhanda.
Uyu muturage ingurane avuga ko asiragiraho ni iyangijwe n’ikorwa ry’umuhanda wo mu bice bya Kiraga-Burushya, uherereye mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu.
Ikibabaza uyu muturage ni uko amakosa yatumye atinda (…)
Abagize urugaga rw’abagore rushamikiye ku muryango FPR Inkotanyi bo mu karere ka Musanze biyemeje ko bagiye kurushaho kuba umusemburo w’impinduka nziza mu baturage.
Byagarutsweho kuri uyu wa gatandatu taliki ya 11 Mutarama 2025 ubwo bari mu nteko Rusange yanatorewemo abagize abagize uru rugaga ku rwego rw’Akarere.
Mukasano Godance ni umunyamuryango wa FPR Inkotanyi mu karere ka Musanze akaba ashinzwe n’ubukangurambaga mu murenge wa Gacaca asaba inzego nshya zatowe kuba hafi y’abagore (…)
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu ku mabwiriza y’ubuyobozi bwaka karere n’ubufatanye n’inzego z’umutekano haramukiye igikorwa cyo gusenya Umusigiti wa Mahoko, wubatswe mu nkengero z’Umugezi wa Sebeya, wasenywaga ku mpamvu itangwa yuko wubatswe mu manegeka.
Ubwo twahagera twahasanze inzego z’umutekano, ndetse n’abari bari muri kino gikorwa cyo gusenya uyu Musigiti wa Mahoko.
Hari amakuru avuga ko uyu Musigiti wa Mahoko wasenywe nyuma yaho abawusengeragamo basabwe kuwisenyera ariko (…)
Bamwe mu baturage mu karere ka Musanze, by’umwihariko abakunze gukoresha umuhanda mushya wa Kaburimbo uva kuri kaminuza ya Ines Ruhengeri-Kampanga-Rushubi, watangiye kwangirika utaramara n’imyaka ibiri.
Ibi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo TV ubwo yagerega mu murenge wa Kinigi, agera muri uwo muhanda, baravuga ko wasondetswe bityo bakifuza ko bakongera bakawusubiramo. Izabayo Leonard yagize ati: "Uyu muhanda wose wuzuyemo ibinogo kandi mu byukuri ntabwo uramara imyaka ibiri, (…)
Mu Murenge wa Mayange ho mu karere ka Bugesera hari abana bigira munsi y’igiti abandi ku dutebe, icyo giti kikaba gifatwa nk’icyumba cy’ishuri.
Ni ikibazo kiri ku ishuri riherereye mu Kagari ka Kagenge ku kigo cy’amashuri cya EP Gitaramuka.
Nk’uko abarezi babivuga, izo ncuke zigira munsi y’icyo giti no mu kizu kitaruzura, iyo hari izuba ryinshi cyangwa imvura iguye bakwira imishwaro bakajya kwigira mu rusengero rwa AEBER.
Abo barezi bavuga ko kwigisha muri ubwo buryo bigira ingaruka ku (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















