Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Bamwe mu baturage bacururizaga mu isoko ryari ahitwaga ’Mpuzamahanga’ rikaza kwimurirwa i Kanembwe, mu murenge wa Rubavu, barinubira koherezwa kujya gucururiza mu muhanda naho h’amanekega.
Isoko bimuriwemo n’akarere ka Rubavu ni iricururizwamo ibicuruzwa bitandukanye birimo n’ibyo kurya ndetse n’imyenda yo kwambara, riganwa n’abaturage b’ingeri zitandukanye kandi batari bake.
Umwe muri bano bacuruzi akaba n’imwe mu batuye muri uno murenge wa Rubavu, avuga ko iri soko kuba riganwa (…)
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagiriye inama zitandukanye abayobozi bakuru barahiriye inshingano ku mwanya w’abaminisitiri zatuma barushaho gukorera igihugu batanga umusaruro, agaruka no ku bandi bayobozi muri rusange.
Ni inama zitandukanye yagiriye abayobozi kuri uyu wa Mbere, tariki ya 19 Kanama 2024, ubwo yakiraga indahiro za ba minisitiri 21 n’abanyamabanga ba leta 9 bagiye muri guverinoma ndetse n’Umukuru w’Urwego rw’imiyoborere RGB, baherutse gushyirwaho bagiye (…)
Abaturage bo mu karere ka Burera by’umwihariko abakoresha umuhanda uturuka mu Gahunga werekeza mu kigo cy’Ubutore i Nkumba barifuza ko hashyirwamo kaburimbo ngo kubera ko ukoreshwa cyane n’abantu b’ingeri zitandukanye.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri aka karere mu murenge wa Kinoni aho bavuga ko ugenda usanwa mu buryo butarambye ukongera kugenda ucukuka ndetse ngo mu bihe by’izuba ivumbi riba ari ryinshi cyane.
Nzabonimpa Felicien (…)
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente bashyizeho Guverinoma igizwe n’abaminisitiri 21 n’abanyamahanga ba Leta 9, barimo impinduka nke kuri Guverinoma yari icyuye Igihe.
Ni urutonde ryasohotse rutangajwe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe, byatangaje Guverinoma nshya igizwe n’Abaminisitiri n’Abanyamabanga ba Leta, Umubare munini w’abari basanzwe muri Guverinoma iheruka, bongeye kugaragara mu nshya, usibye abaminisitiri batatu barimo uwa (…)
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Musasa mu karere ka Rutsiro bari mu rujijo nyuma yo kutibona muri sisiteme y’abazahabwa ingurane ku mitungo yabo yakuweho aho bari kubaka umuhanda, mu gihe hari bagenzi babo bo bamaze kubarirwa ndetse no kwishyurwa.
Muri uyu muhanda uri ku bakwa ukanyura mu murenge wa Musasa, uturutse mu isanteri ya Nkomero, hari abaturage bavugako babariwe ngo bazahabwe ingurane aho uyu muhanda uzaca mu mitungo yabo ariko bakaba bataribonye muri sisiteme kugirango (…)
Perezida Kagame yavuze ku kibazo cy’abahinzi b’umuceri bo mu kibaya cya Bugarama mu karere ka Rusizi bageze aho gutakira mu bitangazamakuru kubera kubura isoko ry’umuceri bejeje mu gihe ba minisitiri babishinzwe bicecekeye.
Aba bahinzi bavuga ko bakomeje guhezwa mu cyeragati n’ibura ry’ isoko ry’umusaruro w’igihembwe cy’ihinga gishize kugeza ubwo nibaza uko bazahinga undi n’uwo bejeje warabuze isoko.
Aba bahinzi babwiye ikinyamakuru mamaurwagasabo cyari kibasanze aho basanzwe banikira (…)
Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yagarutse ku mikorere ikwiriye kuranga abayobozi, avuga ko bidakwiriye kuba bamenya ibibazo ntihagire igikorwa.
Umukuru w’Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Gatatu tariki ya 14 kanama 2024 ubwo yakiraga indahiro ya Minisiteri w’intebe w’u Rwanda Dr Edouard Ngirente n’abadepite mu nteko Ishinga amategeko.
Yagize ati :"Hari ukutabimenya, wari ukwiriye kuba ubimenya kuko ni cyo ushinzwe, hari ukubimenya ntugire icyo ukora kandi aribyo (…)
Nyuma yo kurahirira inshingano zo kuba intumwa za rubanda mu nteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite, abadepite batoye ku bwiganze mugenzi wabo Hon. Kazarwa Gertrude kuyobora inteko.
Hon. Kazarwa atsinze mugenzi we bahataniraga uwo mwanya ikomeye mu myanya 5 y’abayobozi bakomeye mu gihugu, aho atsinze Nizeyimana Pie.
Uyu Gertrude Kazarwa utowe aturuka mu mutwe WA politiki wa PL uherutse gutsindira imyanya ikurikira iya FPR Inkotanyi ifite ubwiganze mu Nteko ishinga amategeko ikaba ari (…)
Abadepite 80 bagize inteko ishinga amategeko mu mutwe w’abadepite bamaze kurahirira inshingano zo gutangira imirimo yo gutora amsteheko no kugenzura ibikorwa bya guverinoma mu myaka 5 iri imbere.
Ni indahiro bakoreye imbere ya Perezida wa Repubulika Paul Kagame mu Ngoro y’Inteko Ishinga amategeko, kuKimihurura.
Mbere yo kurahira kw’abadepite, Perezida wa Repubulika yabanje kwakira Indahiro ya Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente nawe warahiriye inshingano nyuma yo kongera kugirirwa (…)
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagize Dr Edouard Ngirente Minisitiri w’Intebe,. umwanya asubiyeho nyuma yo gusoza Manda ishize y’imyaka 7 ariwe uyoboye Guverinoma.
Itegeko nshinga rya 2003 nk’uko ryavuguruwe mu 2015 kugeza ubu riteganya ko Perezida wa Repubulika watowe akimara kurahirira inshingano Ako kanya Guverinoma iba isheshwe, ni ukuvuga ko Minisitiri w’Intebe n’abandi baminisitiri n’abanyamahanga ba Leta baba bavuyeho.
Rivuga kandi ko Perezida ashyiraho Minisitiri (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















