Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

Muhanga: Abagore bashyiriweho amasaha ntarengwa mu kabari
Muhanga: Abagore bashyiriweho amasaha ntarengwa mu kabari

Mu Murenge wa Shyogwe mu karere ka Muhanga hari umudugudu wiyemeje gushyiraho amasaha ntarengwa ku bagore bajya mu kabari, mu rwego rwo guca ubusinzi muri bo.
Ubuyobozi bw’Umudugudu wa Karama, Akagari ka Ruli, Umurenge wa Shyogwe bwashyizeho ingamba zo gucyura abagore basinda bakagera mu ngo mbere ya saa mbili.
Iki cyemezo cyo kudatinda mu Kabari kuri bamwe mu bagore bakunze kunywa inzoga bagasinda, cyafashwe nyuma yo kubona ko abo bagore banywaga inzoga bakagera mu ngo zabo bugiye (…)

424 Shares 4 Comments
Uganda: Bobi Wine ati 'narashwe', Polisi iti ni 'ugutsikira'
Uganda: Bobi Wine ati ’narashwe’, Polisi iti ni ’ugutsikira’

Umuhanzi, mu yindi sura Umunyapolitiki ufite n’ishyaka NUP ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Museveni Robert Chagukanyi uzwi nka Bobi Wine yatangaje ko yarashwe ku maguru n’igipolisi cya Uganda mu gihe cyo cyabiteye utwatsi kikavuga ko yatsikiye agakomereka.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki ya 3 Nzeri 2024 nibwo Bobi Wine yari avuye muri Bulindo Uganda aho yari yagiye kureba umwe mu ba nyamategeko, Musisi George mu birori bye, polisi n’ingabo ziyobowe na Twesigye bazenguruka (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Karongi Irashinjwa n'abari abakozi bayo kubambura
Karongi Irashinjwa n’abari abakozi bayo kubambura

Bamwe mu bahoze ari abakozi b’akarere ka Karongi bavuga ko aka karere kabambuye amafaranga bakoresheje mu ngendo z’akazi none umwaka ukaba ushize aka karere katarabishyura.
Aba bishyuza aka karere harimo abahoze ari abakozi b’utugari bashinzwe Ubukungu, Imibereho Myiza n’Iterambere ry’Abaturage (SEDO), ndetse n’abari abitwa ba Rushingwangerero.
Bamwe mu baganiriye n’ikinyamakuru Bwiza, dukesha iyi nkuru, bavuga ko bamwe muri bo bamaze umwaka urenga bishyuza amafaranga y’ingendo bakoze (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Umushinga wo kuvugurura ibitaro bikuru bya Ruhengeri ukomeje guhera mu mpapuro
Musanze: Umushinga wo kuvugurura ibitaro bikuru bya Ruhengeri ukomeje guhera mu mpapuro

Abaturage bo mu karere ka Musanze n’abandi bagana ibi bitaro bikuru bya Ruhengeri bakomeje kwibaza igihe imirimo yo gutangira kubaka ibitaro bishya izatangira ariko amaso yaheze mu kirere.
Impamvu bibaza iki kibazo ngo nuko bagiye babwirwa kenshi ko bizubakwa, imyaka igashyira indi igataha, ndetse muri uyu mwaka wa 2024 babwiwe ko imirimo igiye gutangira ariko ngo barimo kubona ntacyizere cyuko bizashyika.
Bamwe mu baganiye na Mamaurwagasabo.rw bavuze ko ibi bitaro bya Ruhengeri (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ababyeyi basabwe kutadohoka ku nshingano yo Konsa abana
Ababyeyi basabwe kutadohoka ku nshingano yo Konsa abana

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imikurire no Kurengera umwana (NCDA) kirasaba ababyeyi kutadohoka ku nshingano zo konsa abana, kuko nta mpamvu nimwe ituma umubyeyi asiba cyangwa arekeraho konsa mbere y’iminsi 1000.
Buri mwaka kuva tariki 1 kugeza 8 Kanama Isi yizihiza umunsi wahariwe konsa, kubera ko ari ingirakamaro ku mwana ndetse no ku mubyeyi. Nubwo uko Isi ikomeza gutera imbere ariko hari ababyeyi bagenda badohokaho konsa bitewe n’imirimo baba bahugiyemo.
Ibi bituma ibihugu bitandukanye (…)

424 Shares 4 Comments
Amajyaruguru: Hari ibibazo by'ingutu bikibangamiye abahinzi
Amajyaruguru: Hari ibibazo by’ingutu bikibangamiye abahinzi

Mu nama nyungurana bitekerezo yahuje Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru n’abahinzi n’aborozi bagaragaje bimwe mu bibabazo by’ingutu bikibabangamiye birimo kutabonera ifumbire ku gihe ndetse no guhabwa imbuto itajyanye n’ubutaka bwabo.
Bamwe mu baganiriye na Mamaurwagasabo.rw bavuze ko bakigorwa no kubona umusaruro ushimishije ngo bitewe nuko ifumbire itabageraho ku gihe bikaba bituma bahura n’igihombo gikomeye.
Abatanze ibitekerezo bagarutse ku byaranze igihembwe gishyize uburyo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Burera: Hari insoresore zambura abaturage zitwikiriye ijoro
Burera: Hari insoresore zambura abaturage zitwikiriye ijoro

Mu murenge wa Kinoni ,mu karere ka Burera mu dusantere dutandukanye, hari insoresore zikitwikira ijoro zikambura abaturage ibyabo ndetse bamwe ngo zirabakubita zikabagira intere.
Izi nsoresore ngo ziba zimaze kunywa inzoga z’inkorano ziganje muri aka gace zikunze guteza umutekano muke.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo.rw ubwo yageraga mu karere ka Burera, aho basaba ko inzego z’umutekano zahagurukira iki kibazo kibangamiye abaturage.
Manikiza Cyprien utuye mu (…)

424 Shares 4 Comments
Umusirikare wa FARDC yarashe mu Rwanda
Umusirikare wa FARDC yarashe mu Rwanda

Umusirikare wa Congo, FARDC yarashe amasasu ku basirikare b’u Rwanda bagenzi be bamujyana ikubagahu.
Byabereye mu mupaka muto wa Petite Bariere, w’u Rwanda na DRCONGO ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 29 Kanama 2024.
Abaturage babibonye, bavuze ko umusirikare warashe abasirikare bo mu Rwanda baba ku kivera, (inzu abasirikare babamo barinze umutekano), mbere yuko bagenzi be baza ku mufata bakamujyana.
Ikindi Umunyamakuru wa Mamaurwagasabo amaze kumenya nuko uwo musirikare ubwe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
NESA yemeye amakosa mu guha abanyeshuri ibigo isaba imbabazi
NESA yemeye amakosa mu guha abanyeshuri ibigo isaba imbabazi

Umuyobozi w’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi by’amashuri, (NESA) Dr Bahati Innocent yemeye ko icyo kigo cyakozwe amakosa hashyirwa abana mu bigo by’Amashuri bikaba byarateje ababyeyi kwijujuta no kwibaza.
Mu minsi ishize nibwo ikigo NESA cyashyize hanze amanota y’ibyavuye mu bizamini by’abanyeshuri bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye icyiciro cya mbere.
Ubwo yari live kuri Radio one, uyu wa 28/8/2024, Umuyobozi Mukuru mu Kigo cy ’Igihugu gishinzwe lbizamini n’Ubugenzuzi (…)

424 Shares 4 Comments
Burera: Imiryango irenga 2400 yagorwaga no kubona icumbi igiye guhindurirwa amateka
Burera: Imiryango irenga 2400 yagorwaga no kubona icumbi igiye guhindurirwa amateka

Ubukangurambaga bwiswe "Tubatuze Heza" bwatangiriye mu karere ka Burera mu mirenge ya Kinoni, Gahunga, Rugarama, Cyanika na Kagogo byitezwe ko buzasiga imiryango igera kuri 441 ibonye amacumbi ndetse n’indi 2007 ituye mu nzu zitameze neza zisanwe.
Akarere ka Burera bitewe nuko henshi usanga hagizwe n’amakoro kubona igitaka cyo kubakisha bigora, bituma abaturage biturira mu nzu zikikijwe n’ibyatsi. Kuri uyu wa Mbere tariki 26 Kanama 2024 nibwo mu karere ka Burera hakozwe umuganda (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru