Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Bamwe mu bakora ubuhinzi bw’imboga mu karere ka Karongi, bavuga ko bakigorwa no kubona umurama wazo, bakaboneraho gusaba ubuyobozi ko bwabafasha bakazibonera hafi kandi ku gihe.
Aba bahinzi babigarutseho ubwo hatangizwaga imurikabikorwa ry’ibikorerwa ry’akarere ka Ruhavu ryari riri kubera mu murenge wa Bwishyura, kuri uyu wa Kabiri tariki 20 Kanama 2024.
Rugeruza Obed, akorera ubuhinzi bw’imboga nk’uwabigize umwuga mu murenge wa Rubengera, nubwo bwamuteje imbere avuga ko bakigorwa no (…)
Mu karere ka Musanze, i Nyakinama mu kigo cy’Igihugu cy’Amahoro (Rwanda Peace Academy ) hatangiye amahugurwa yitabiriwe n’Abasirikari bakuru 23 baturutse mu bihugu bitandatu n’u Rwanda rurimo agamije kubahugura kugira ngo nabo bazajye bahugura abandi.
Aya mahugurwa yateguwe na Rwanda Peace Academy ifatanyije na Eastern Africa standby Force (EASF) yiswe (Staff officers training of trainers course) yafunguwe kumugaragaro n’Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Rwanda Gen. Mubarakh Muganga (…)
Abana 100 bo mu karere ka Musanze basoje amahugurwa yiswe "Musanze Robotics summer camp" yateguwe n’umuryango mpuzamahanga witwa Right to play ufatanyije na Stella.
Aya mahugurwa yitabiriwe n’abana biga kuva mu mwaka wa Gatatu w’amashuri abanza kugeza mu mwaka wa gatatu mu y’isumbuye aho bahawe ubumenyi bwo gukora imishinga itandukanye bifashishijwe ikoranabuhanga ryo gukoresha Robotics.
Bamwe mu bana baganiriye na Mamaurwagasabo.rw bavuga ko bungukiye byinshi muri aya mahugurwa (…)
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu yagize Isheja Sandrine Butera Umuyobozi Mukuru wungirije w’Urwego rw’igihugu rw’Itangazamakuru RBA, yirukana ku mirimo Zephanie Niyonkuru ku mwanya w’umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo.
Uyu Isheja Sandrine yari asanzwe ari Umunyamakuru wa radio Kiss FM mu Rwanda, akaba yakoraga n’umwuga wo gususurutsa imbaga no kuyobora ibirori (MC) bitandukanye.
Kuri Bwana Zephanie Niyonkuru, si ubwa mbere yirukanywe na (…)
Nyuma yo kugirirwa icyizere na Perezida Kagame akagaruka mu nama Njyanama y’umujyi wa Kigali, Samuel Dusengiyumva yongeye gutorerwa kuwuyobora atsinze amatora.
Ni amatora yatowemo na Biro y’Inama Njyanama kuri uyu wa Kane tariki 22 Kanama 2024.
Mbere yo gutora Komite nyobozi y’Umujyi wa Kigali, abajyanama 12 b’Umujyi wa Kigali barimo batandatu bashyizweho na Perezida wa Repubulika ndetse n’abandi 6 batowe bahagarariye uturere dutatu tugize umujyi, babanje kurahirira inshingano.
Meya (…)
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Edouard Ngirente yasabye urubyiruko 494 rwasoje itorero Indangamirwa icyiciro cya 14 i Nkumba mu karere ka Burera gucika ku biyobyabwenge ahubwo bagakora ibibateza imbere ubwabo n’Igihugu muri rusange.
Yabibasabye kuri uyu wa kane tariki ya 22 Kanama 2024 ubwo yari mu kigo cy’Ubutore i Nkumba mu gusoza iri torero ry’Indangamirwa icyiciro cya 14 intore zari zimazemo ukwezi n’igice.
Tuyizere Aldo waje mu itorero avuye mu karere ka Gicumbi yagize (…)
Bamwe mu bakora ubucuruzi butemewe bwo gucururiza mu muhanda, mu mujyi wa Rubavu, barashinja bamwe mu banyerondo kubaka amafaranga y’indonke, nk’ikiguzi kugira ngo bakomeze ubu bucuruzi bwabo butemewe.
Nubwo leta y’u Rwanda yakomeje gushyira imbaraga mu guca intege ubucuruzi bukorerwa mu muhanda hirya no hino mu gihugu, burimo ubukorwa n’abitwa Abazunguzayi ariko mu karere ka Rubavu, iki kibazo kiracyahari, cyane cyane mu mujyi wa Rubavu.
Bamwe mu bafasha mu guca ubu bucuruzi, harimo abo (…)
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Mugabowagahunde Maurice yasabye abikorera bo muri iyi ntara gukomeza gukora ibikorwa bitandukanye birimo no kwagura ishoramari.
Ibi yabigarutseho kuri uyu wa kabiri tariki ya 20 Kanama 2024 ubwo yatangizaga kumugaragaro imurikagurisha(Expo 2024) ryateguwe n’urugaga rw’abikorera PSF aho ryitabiriwe n’abaturutse mu Rwanda no kuyindi migabane harimo na Misiri.
Mukanyarwaya Donatha uhagariye abikorera muri PSF mu ntara y’Amajyaruguru yashimiye (…)
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho abajyanama batandatu mu bazaba bagize Inama.Njyanama y’Umujyi wa Kigali.
Ni umubare w’Abajyanama ashyiraho, yemererwa n’itegeko no 22/07/2019 rigenga umujyi wa Kigali, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 11.
Gusa mu itangazo rishishikariza abashaka gutanga kandidature mu kujya muri njyanama y’umujyi wa Kigali hasobanuwe kenshi ko abajyanama 6 ari bo baturuka mu turere 3 tugize umujyi wa Kigali, ni ukuvuga umugabo n’umugore muri buri karere ndetse (…)
Bamwe mu bahinzi b’urutoki bo mu karere ka Gakenke mu mirenge itandukanye baravuga ko bahangayikishijwe n’indwara ya kirabiranya ikomeje kwibasira urutoki rwabo.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Rusasa aho bavuga iyi ndwara ibateye inkeke ndetse ngo byatumye bamwe batakinywa umutobe.
Umwe muri aba baturage witwa Munyaneza yagize ati:"Indwara ya kirabiranya iraduhangayikishije cyane, hano twezaga Poyo, inyamunyu ariko ubu rwose (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















