Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Abagenda n’abakoresha umuhanda uturuka ku kiraro cy’ahazwi nka ’Younde’ werekeza ahitwa mu Gisenyi mu kagari ka Cyabagarura, umurenge wa Musanze mu karere ka Musanze, baravuga ko hari igice kimwe cy’umuhanda cyangiritse cyane ndetse bamwe bakunze kuhavunikira.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga kuri iki gice cy’umuhanda cyegeranye n’ibiro by’Akagari ka Cyabagarura, aho basaba ko cyasanwa vuba ndetse ngo moto n’imodoka kuhazamuka zihetse abantu ari (…)
Ibitaro bya ADPR Nyamata byatangaje ko byasuzumye nisanga abantu babiri barwaye icyorezo cy’Ubushita bw’Inkende (MonkeyPox) kimaze iminsi kigeze mu Rwanda.
Umuyobozi mukuru w’ibi bitaro biri ku rwego rwa Kabiri mubya kaminuza, Dr Jean Marie Sebijuri yavuze ko byasuzumye abantu 13 bafite ibimenyetso bisa n’iby’urwaye monkey pox basanga abantu babiri nibo bafite iki cyorezo.
Yakomeje avuga ko umuntu umwe bamusuzumiye ku kigo nderabuzima cya Nyamata undi bamusanga ku kigo nderabuzima cya (…)
Abakorera ubucuruzi mu isoko rya kijyambere ryo mu karere ka Nyamagabe baravuga ko hari bagenzi babo batangiye kurisohokamo kubera umusoro uhanitse, benshi bisubiriye mu buzunguzayi.
Aba bacuruzi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri aka karere aho basaba ko bagabanyirizwa umusoro ngo bitewe nuko ayo bakwa batayabona bityo bamwe bagahitano gukurano akabo karenge bakajya kongera kuzunguza hanze y’isoko.
Clementine ni umucuruzi aragira ati: "Turasaba ko (…)
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Chief of Defence Forces (UPDF) and SPA/SO. Gen Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko azitabira ibirori byo kirahirwa kwa Perezida Paul Kagame w’u Rwanda.
Uyu muhungu wa Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, asanzwe yiyemerera ko akunda u Rwanda n’Abanyarwanda, nk’uko nawe yongeye kubitangaza ubwo yateguzaga abamukurikira ku rukuta rwa X ko vuba agaruka ku butaka bw’imisozi 1000.
Mu magambo ye yagize ati: "Urukundo nkunda u Rwanda ni ukubera ko ari (…)
Bamwe mu baturage mu isanteri ya Congo Nil, mu karere ka Rutsiro, barinubira ko batagira ubwiherero rusange bakoresha aha hantu.
Bamwe muri bano baturage batangaje ko ubuyobozi busa nk’aho bwabirengagije, kuko imyaka iciyemo ari myinshi baremeye kububakira ubwiherero rusange ariko uko imyaka ishira indi igataha, babirenza ingohe.
Umwe muri bo ucururiza mu isantere y’ubucuruzi ya Congo Nil, utifuje ko amazina ye akoreshwa, ntiyumva ukuntu ibyo bemerewe n’akarere bidakorwa.
Ati:"Imyaka (…)
Abanyamuryango ba RPF Inkotanyi bo mu karere ka Burera baravuga ko ibyo chairman wabo yabasabye gufatanya nawe muri iyi manda nshya bazabishyira mu bikorwa, batazigera bamutenguha ngo bamutererane mu gukomeza urugamba rw’iterambere.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo bishimiraga umusaruro wavuye mu matora yabaye tariki ya 15 Nyakanga 2024 aho umukandida PAUL KAGAME akaba na Chairman w’umuryango wa RPF Inkotanyi yatsinze n’amajwi 99.18%.
Umulisa Gisele ni (…)
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Gakenke baravuga ko batewe impungenge n’ikiraro gihuza abatuye imirenge ya Rushashi, Ruli na Gakenke cyahoze cyubakishije ibyuma kubwa Ababiligi none ariko kikaba cyararangiye kugwamo, ubuyobozi bugashyiraho imbaho mu buryo bwo kwiyerenja.
Iki kiraro giherereye ahazwi nko muri santere ya Kagoma, gikunze kugwamo abantu Imana igakinga ukuboko ndetse iyo imodoka igiye kuhatambuka itwaye abantu babanza kuvamo kugira ngo ibiro bigabanuke.
Aha niho abaturage (…)
Mu karere ka Rusizi kari mu Majyepfo y’Intara y’Iburengerazuba haravugwa amakuru y’umuyobozi w’Urwunge rw’amashuri rwa Nyakagoma mu Murenge wa Nzahaha washyikirije Ikigo cy’Ubugenzuzi n’ibizamini NESA urutonde rw’abarimu bazakosora ibizamini bya Leta ruriho murumuna we, utari na mwarimu.
Uwari usanzwe ku rutonde rwa NESA rw’abemerewe gukosora ibizamini bya Leta bo kuri iki kigo yaje gutungurwa no kutibona ku rutonde, atangira kwikangamo icyemewabo.
Intandaro yo kutisanga kuri urwo (…)
Ku wa Kabiri tariki 30 nibwo abari bateraniye mu Nama y’Abaminisitiri b’Ububanyi n’amahanga ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) n’u Rwanda bicaye i Luanda muri Angola mu nama, baraganira baranzura bashyira umukono ku masezerano ko hagomba guhagarikwa imirwano hagati y’impande zirwana mu Burasirazuba bwa Congo.
Ni icyemezo bafashe ndetse bavuga ko gitangira kubahirizwa saa sitra z’ijoro tariki ya 04 Kanama 2024.
Itangazo ry’ibyavuye mu nama rikimara gusohoka, Ibiro by’Ubutumwa bwa (…)
Ukigera i Gikondo mu mbuga y’urugaga rw’Abikorera PSF ahari kubera imurikagurisha mpuzamahanga, EXPO 2024, usanganirwa n’ibigo bishya byaje kwifatanya n’abandi kumurika ibyo bifitiye abaguzi, ariko hakaba na ba rwiyemezamirimo barimo Es SINA GERARD basanzwe bitabira badasiba kuzana udushya umwaka ku wundi mu byo bakora.
Ni imurikagurisha mpuzamahanga ryitabiriwe n’abamurika 448 barimo ab’imbere mu gihugu 329 n’abanyamahanga 119.
Umuhangamirimo Dr. Sina Gerard, ufite Es Urwibutso yeretse (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















