Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Trump yahakanye inkuru ivuga ko umuyobozi mukuru w'igisirikare cya Amerika arwanya igitero kuri Irani

Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)

Karongi: Bari gutanguranwa n'abajura ku myaka bahinze
Karongi: Bari gutanguranwa n’abajura ku myaka bahinze

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Karongi bavuga ko babangamiwe n’ubujura bw’imyaka bukorerwa mu mirima y’abo, aho bamwe bahisemo kujya bayisarura iteze bayitanguranwa n’abajura.
Aba baturage bo mu mirenge ya Rubengera, Bwishyura na Mubuga bavuga ko babangamiwe naba bajura, biba imyaka ihinze mu mirima aho byabateye kujya bayisarura itarera kugira ngo bayitanguranwe n’abajura.
Umuturage wo mu murenge wa Bwishyura yagize ati "Abajura baraturembeje, ku buryo tugeze ubwo dusarura imyaka (…)

424 Shares 4 Comments
Rutsiro: Ufite uburwayi bwo mu mutwe yishe umukecuru
Rutsiro: Ufite uburwayi bwo mu mutwe yishe umukecuru

Nyirabarara Tereziya wari ufite imyaka 65, wo mu kagari ka Murambi mu murenge wa Musasa mu karere ka Rutsiro yishwe akubiswe ifuni na Bosenibamwe Evariste bivugwa ko ufite uburwayi bwo mutwe.
Abaturage bavuga ko Bosenibamwe asanzwe afite uburwayi bwo mu mutwe, ndetse akaba afata n’imiti ingendanye n’ubu burwayi. yakubise uyu mukecuru ifuni mu mutwe Kuri uyu wa Kane ku itariki 25 Mata 2025, nyuma yo kumusanga ari gukura imyumbati iteze, nkuko Ntirivamunda Alphonse utuye muri kano kagari ibi (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gakenke: Banenze Abaganga bijanditse muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
Gakenke: Banenze Abaganga bijanditse muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Abakozi b’ibitaro bya Gatonde biherereye mu murenge wa Mugunga, mu karere ka Gakenke, bibutse ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, banenga abaganga bariho muri icyo gihe batabashije komora ibikomere by’Abatutsi babaga batemaguwe ahubwo nabo bagafatanya n’abicanyi.
Ni igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, cyabereye mu bitaro bya Gatonde cyabanjirijwe no gushyira indabo ahahoze Urwibutso rwa Janja ahazwi nko kuri "Janja Memorial Community Library" (…)

424 Shares 4 Comments
Rulindo: Abacururiza mu isoko ryo mu Kisaro babangamiwe no kunyagirwa basora
Rulindo: Abacururiza mu isoko ryo mu Kisaro babangamiwe no kunyagirwa basora

Abacururiza mu isoko ryo mu murenge wa Kisaro mu karere ka Rulindo barataka igihombo baterwa no kuba isoko bacururizamo ridasakaye bityo ibicuruzwa byabo bikaba binyagirwa bikangirika kandi batanga imisoro neza.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga aharemera iryo soko mu murenge Kisaro, bakifuza ko ubuyobozi bwabubakira isoko.
Umwe muri aba baturage witwa Kabuga Flecien yagize ati: "Duhura n’igihombo gikomeye iyo ibicuruzwa byacu byanyagiwe; icyo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rubavu: Abakora VUP bakoze ibihe bitatu badahembwa
Rubavu: Abakora VUP bakoze ibihe bitatu badahembwa

Bamwe mu baturage bakora mu mushinga wa VUP, mu murenge wa Nyamyumba, bavuga ko bamaze amadizeni 3, ahwanye n’iminsi 30 badahembwa, banahembwa bagahembwa nabi ku buryo bituma ayo mafaranga atabasha kubafasha gukora ibyo baba bayateganyirije.
Mu bikorwa bakora, muri uyu mushinga byiganjemo kubakira abatishoboye muri uyu murenge, nyuma yaho bari bamaze amadizeni 4, ahwanye n’iminsi 40 badahembwa, bamwe baje guhembwa, ubu nanone ngo amadizene abaye 3, ahwanye n’iminsi 30 nanone badahembwa. (…)

424 Shares 4 Comments
Nyabihu: Hari abanyeshuri baterwa ipfunywe no kwiherera ku karubanda
Nyabihu: Hari abanyeshuri baterwa ipfunywe no kwiherera ku karubanda

Abanyeshuri biga ku kigo cy’amashuri cya GS REGA giherereye mu Murenge wa Kabatwa, Akarere ka Nyabihu baravuga ko baterwa ipfunywe no kwiherera mu bwiherero bwashaje, buri ku muhanda, aho n’abaturage babukoresha, bakabona ari nko Kukarubanda.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga kuri iki kigo giherereye mu Kagari ka Rega, aho yasanze abana basaba ko bakubakirwa ubwiherero buzima, bufunze neza ngo kuko ubuhari kukoresha ari ukubura uko bagira.
Umwe muri abo bana (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ubwongereza bwemeje umugambi ntakuka wo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro
Ubwongereza bwemeje umugambi ntakuka wo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro

Icyaburaga cya nyuma kugira ngo gahunda Guverinoma y’Ubwongereza n’u Rwanda itangire gushyirwa mu bikorwa cyaraye kibonetse, binyuze mu nteko ishinga amategeko yemeje umushinga w’itegeko wa leta wo kohereza abimukira mu Rwanda.
Ni umgambi ugezweho nyuma y’imyaka ibiri y’urugamba rw’amategeko na politike byabaye gishegesha ku mugambi wa Guverinoma y’Ubwongereza, aho byasabye inkiko, inteko ndetse no kubyumvisha abo bigenewe.
Ni umugambi umaze kweguza abakuru ba Guverinoma n’abaminisitiri (…)

424 Shares 4 Comments
Karongi: Batewe impungenge n'abana bambura abantu ku manywa y'ihangu
Karongi: Batewe impungenge n’abana bambura abantu ku manywa y’ihangu

Bamwe mu baturage bagana umujyi wa Karongi, by’umwihariko mu murenge wa Bwishyura, bagaragaza ko babangamiwe n’abana bambura ibyabo.
Umurenge wa Bwishyura, ubarizwamo igice kitari gito cy’uyu mujyi wa Karongi, unubatsemo ibiro by’Intara y’Iburengerazuba, nawo ni umwe ugaragaramo kino kibazo cy’abana bafite ingeso yo gushikuza abantu ibya bafite.
Bizumuremyi Patrick, ni umwe mu babangamiwe n’iki Kibazo, yagize ati: “Ni insoresore zitagitinya kuko no ku manywa y’ihangu zambura abaturage, (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Gakenke: Mugunga amavomo y'amazi yarapfuye ntiyongera gukorwa
Gakenke: Mugunga amavomo y’amazi yarapfuye ntiyongera gukorwa

Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Mugunga, Akarere ka Gakenke baravuga ko bahangayikishijwe no kutagira amazi meza ngo bitewe nuko amavomo bari bafite yapfuye ntiyongera gukorwa.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge, asanga basaba ko bahabwa amazi meza bakareka gukomeza kuvoma ibirohwa.
Umwe muri aba baturage witwa Tuyambaze Damascene yagize ati: "Hano muri Mugunga dufite ikibazo cy’amazi kubera ko aza rimwe na rimwe akongera akagenda, ubu amaze (…)

424 Shares 4 Comments
Minisitiri w'Intebe yatangaje amavugurura muri Kaminuza y'u Rwanda
Minisitiri w’Intebe yatangaje amavugurura muri Kaminuza y’u Rwanda

Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yatangaje ko hakozwe amavugurura muri Kaminuza y’u Rwanda hagamijwe kunoza ireme ry’uburezi itanga.
Ni avugurura yatangajwe ubwo yageraga ku bagize inteko ishinga amategeko imitwe yombi, kuri uyu wa Kane tariki ya 18/04/2024.
Minisitiri w’Intebe yavuze ko umunyeshuri wa Kaminuza y’u Rwanda icyo yaba yiga cyose azajya yiga n’indimi kugira ngo azabashe gusobanura ibyo yize. Yanavuze ko havuguruwe porogaramu z’amasomo zo mu cyiciro cya kabiri cya (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru