Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Mu murenge wa Butaro, Akarere ka Burera hari abaturage bo mu tugari twa Nyamicucu na Mubuga bavuga bakomeje guhera mu bwigunge kubera kuvoma ibirohwa ndetse bamwe ngo bibateza ibibazo by’indwara zituruka ku mwanda.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu karere ka Burera, asanga basaba ko bahabwa amazi meza nabo bakagera ku iterambere nk’abandi .
Byimariye Emmanuel yagize ati: "Twaheze mu icuraburindi hano muri Nyamicucu, tuvoma ibirohwa nta terambere (…)
Mu gitondo cyo uri uyu wa Kane mu kagari ka Busigari, mu murenge wa Rubavu, mu karere ka Rubavu, harasiwe umuturage witwa Maniragaba Emmanuel, bivugwa ko yageragezaga kwinjiza magendu ahangana n’inzego z’umutekano z’u Rwanda ahita ahasiga ubuzima.
Ubuyobozi bwavuze ko yarashwe ubwo yari ari mu bikorwa by’ubucoracora, (kwinjiza magendu) aturutse mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nkuko byatangajwe n’ubuyobozi muri kano karere.
Bamwe mu baturage baganiriye (…)
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Mugunga mu karere ka Gakenke baravuga ko bahangayikishijwe n’ikiraro gihuza utugari twa Nkomane na Rutenderi gishobora gushyira ubuzima bwabo mu kaga mu gihe ntagikozwe.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga aho iki kiraro kiri, mu murenge wa Mugunga, basaba ko iki kiraro cyakorwa kuko ibiti byari byarashyizweho n’abaturage byamaze gusaza.
Mukarwego Mariya Claudine yagize ati: "Nkubu abana bacu ni bato, bakunze (…)
Perezida waRepubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagereranyije uburemere bwo guhora Isi ibaza u Rwanda ibibazo bya DRCongo, avuga ko bisa no kurwikoreza umurambo w’Impyisi.
Yabitangaje mu Kiganiro yagiranye na Radio 10 na Royal FM, kuri uyu wa Mbere, tariki ya 01/04/2024, muri studio za Radio10.
Iki ni ikiganiro cya Kabiri Perezida Kagame agiranye n’igitangazamakuru cyigenga cyo mu Rwanda, mu myaka 15 ishize, igiheruka yakigiriye muri studio za Contact FM muri iyo myaka.
Umunyamakuru (…)
Mu kiganiro Perezida wa DRC, Felix Anthoie Tshisekedi yagiranye n’ibinyamakuru birimo Le Monde, yabajijwe niba gahunda yo gutera u Rwanda igihari, asubiza ko hagitegerejwe ko inzira z’ibiganiro zirangira.
Ubwo yiyamamarizaga Manda ya Kabiri, Perezida Tshisekedi yavuze ko afite ubushobozi bwo kurasa i Kigali ahagaze i Goma, anavuga ko natorwa azasaba inteko kumwemerera gutera u Rwanda ashinja kuba inyuma ya M23 bahanganye.
Tshisekedi amaze gutsindira kuyobora iki gihugu muri manda ya (…)
Mu murenge wa Mugunga, Akarere ka Gakenke hari abaturage bazindukira mu tubari banywa inzoga bakirengagiza inshingano z’urugo, ndetse bamwe ngo bararayo bigakurura amakimbirane hagati y’abashakanye.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge aho basaba ko hafatwa ingamba zikomeye cyane ko ngo uku kuzindukira mu tubari bishobora gukomeza gutiza umurindi amakimbirane mu miryango.
Umwe muri aba baturage witwa Devotha, yagize ati"Hano (…)
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 30 Werurwe 2024 Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda bakiriye inkuru y’akababaro ibika urupfu rw’Ambasaderi Mukaruriza Monique.
Yari umunyapolitiki w’u Rwanda wabaye mu nzego zitandukanye nkuru z’igihugu, yitabye Imana azize uburwayi. Yaguye i Bruxelles mu Bubiligi aho yari amaze iminsi arwariye.
Umugabo we, Ntirushwamaboko John, yabwiye IGIHE ko umugore we atari amaze iminsi myinshi arwaye. Ati “Byabaye uyu munsi nko mu masaha abiri ashize. Yari arwariye i (…)
Corneille Nangaa uyobora Ihuriro Alliance Fleuve Congo, (AFC) ririmo Umutwe wa M23, yatangaje ko we na bagenzi be biteguye gukuraho ubutegetsi bwa Tshisekedi mu gihe cya vuba cyane.
Kuri uyu wa Kane, ubwo abagize AFC/M23 bari mu gasantere ka Kiwanja muri teritwari ya Rutshuru kuri uyu wa 28 Werurwe 2024, Nangaa ari kumwe na Perezida w’Umutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, yagaragaje ko ihuriro ryabo ribabajwe n’umutekano muke uri mu gihugu cyabo, by’umwihariko mu ntara ziri mu burasirazuba, (…)
Abacururiza mu isoko rya Rusumo riherereye mu murenge wa Butaro, Akarere ka Burera baravuga ko babangamiwe no kubyagirwa kubera ko riva cyane.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Butaro aho basaba ko iri soko ryasanwa kuko ribateza igihombo iyo ibicuruzwa byabo binyagiwe.
Umwe muri aba bacurizi witwa Nzirorera Cyprien yagize ati: "Iyo imvura iguye ibyagira ibicuruzwa byacu, cyokoze dushaka nk’amabati yo gukingiruzaho ariko nkatwe ducuruza imyenda (…)
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nyamyumba, mu karere ka Rubavu, bavuga ko, bagezwe ahabi n’abajuru babi imyaka.
Umwe mu bo twaganiriye witwa Mutabazi Innocent, utuye mu mudugudu wa Mukonda, mu kagari ka Kiraga, mu murenge wa Nyamyumba mu karere ka Rubavu, yatangarije Mamaurwagasabo ko iki kibazo gihari.
Ati" Urabona abasore bajyaga muri Congo gutera ibiraka, bitewe nibi byo gufunga saa cyenda nutwo bakoreye bakavayo batumiriye yo, bakigumira ino, baguma ino bwakwira bakagenda, (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




















