Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Santa Kinyera wari wungirije muri Ambasade ya Uganda mu Rwanda yapfuye

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)

FDA yahagaritse ibigo 7 bikora amazi i Kigali
FDA yahagaritse ibigo 7 bikora amazi i Kigali

Yanditswe NIMUGIRE Fidelia
Ikigo cy’igihugu gishinzwe iyubahirizwa ry’ubuziranenge bw’imiti, ibiribwa n’ibinyobwa, Rwanda FDA, cyahagaritse ibigo birindwi bisanzwe bitunganya amazi yo kunywa, amashami yabyo amwe akorera mu Mujyi wa Kigali.
Mu itangazo iki kigo cya FDA cyashyize hanze kuri uyu munsi cyavuze ko nyuma yo gukora isuzuma ryimbitse ku bigo bikora amazi, basanze ibyo bigo bitujuje ubuziranenge bwo kuba ayo mazi yanyobwa.
Ni mugihe kandi mu minsi ishize hari hamaze guhagarikwa (…)

424 Shares 4 Comments
Kigali: Hakusanyijwe Miliyari 4 z'Amadolari yo kurandura Malaria n'Indwara zititaweho kugeza 2030
Kigali: Hakusanyijwe Miliyari 4 z’Amadolari yo kurandura Malaria n’Indwara zititaweho kugeza 2030

Mu nama Nkuru y’Abakuru b’igihugu na Guverinoma yabereye i Kigali kuri uyu wa Kane tariki ya 23 Kamena 2022, (Kigali Summit on Malaria and NTDs) iyobowe na Nyakubwahwa Perezida Paul Kagame, ibigo mpuzamahanga n’ibyikorera biyanze inkunga ya Miliyari 4 z’Amadolari y’Amerika, asaga tiriyoni 4 z’Amafaranga y’u Rwanda (miliyari ibihumbi 4Frw) yo kuba ku Isi byararanduye Malaria n’indwara zititaweho (NTDs) kugeza mu 2030.
Ni intego ihuriweho n’ibihugu 100 ku Isi yavuye mu myanzuro yafashwe (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ibyaranze umunsi wa kabiri w'uruzinduko rwa Prince Charles
Ibyaranze umunsi wa kabiri w’uruzinduko rwa Prince Charles

Igikomangoma Charles n’umugore we Camilla basuye inzibutso ebyiri za Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, bunamira inzirakarengane zizishyinguyemo, banibonera n’amaso yabo uburemere bw’ubwicanyi bwabaye mu 1994.
Ni ubwa mbere umuntu wo mu Muryango w’Ibwami mu Bwongereza yasuye u Rwanda. Ni uruzinduko rwabaye Igikomangoma Charles gihagarariye Umwamikazi Elizabeth wa II mu Nama ya CHOGM iri kubera mu Rwanda.
Igikomangoma Charles ni we uzaragwa ingoma mu gihe Umwamikazi Elizabeth II azaba (…)

424 Shares 4 Comments
Perezida Museveni ari kwerekeza i Kigali muri CHOGM
Perezida Museveni ari kwerekeza i Kigali muri CHOGM

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni amaze gutangaza ko amaze kurira rutemikirere yerejeza i Kigali mu Rwanda mu nama Yabakuru b’igihugu by’Umuryango w’Ibuhugu bikoresha Icyongereza izwi nka CHOGM yatangiye tariki ya 20 Kamena kugeza 26.
Museveni yongeye ukandagiza ikirenge ku butaka bw’u Rwanda nyuma y’imyaka 5 atahaheruka nyuma yuko umubani w’ibihubu byombi ujemo agatotsi ariko ukaba uri kugenda uzahurwa ahanini bigizweho uruhare n’umuhungu we Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba. (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yakiriye Prince Charles umwe mubanyakubahiro bari Kigali
Perezida Kagame yakiriye Prince Charles umwe mubanyakubahiro bari Kigali

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye Igikomangoma cya Wales mu Bwami bw’u Bwongereza, Charles n’umugore we, Camilla Parker Bowles, bitabiriye inama ya CHOGM i Kigali
Ibiro bya Prince Charles bibinyujije kuri Twitter byashyizeho ifoto yabo ari bane iherekezwa n’amagambo agira ati "Murakoze cyane Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame ku ikaze mwaduhaye mu Rwanda".
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu Village Urugwiro, byatangaje ko aba bayobozi baganiriye ku bufatanye buhari mu (…)

424 Shares 4 Comments
CHOGM2022: Iby'ingenzi wamenya ku Gikomangoma cy'Umwamikazi w'Ubwongereza Prince Charles uri mu Rwanda
CHOGM2022: Iby’ingenzi wamenya ku Gikomangoma cy’Umwamikazi w’Ubwongereza Prince Charles uri mu Rwanda

Charles ni Igikomangoma cya Wales, niwe muhungu uzungura Intebe y’Ubwongereza nk’umuhungu w’imfura w’Umwamikazi Elizabeth II na Philip, Duke wa Edinburgh, afite imyaka 73 y’amavuko.
Yarazwe buri kimwe na Duke wa Cornwall na Duke wa Rothesay kuva mu 1952 kandi niwe muzungura wa kera umaze igihe kinini mu mateka y’Ubwongereza.
Prince Charles yavutse tariki ya 14 Ugushyingo 1948 (imyaka 73), avukira mu ngoro ya Buckingham, i London mu Bwongereza.
Yashakanye na Camilla, Duchess of Cornwall (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Perezida Kagame yerekanye ibikenewe mu kugera ku hazaza hasangiwe
Perezida Kagame yerekanye ibikenewe mu kugera ku hazaza hasangiwe

Perezida Kagame yavuze ko kugira ngo ibihugu bigize umuryango w’ibihubu bikoresha Icyongereza (CommonWealth) bigire ejo hazaza bisangiye bisaba ko bigira intego imwe kandi iyo ntego ikaba izagerwaho binyuze mu mikoranire ihamye.
Yabitangaje kuri uyu wa Kabiri, ubwo yahiriraga mu kiganiro ku Bucuruzi, Business Forum, kimwe mu bigize ibiganiro birimo gukorwa mu nama zo CHOGM iteraniye i Kigali kuva kuri uyu wa Mbere kugeza tariki 26 Kamena 2022.
Perezida Kagame yagize ati: “Nemera (…)

424 Shares 4 Comments
Musanze: Abarangije kaminuza biyemeje guhangana n'ibura ry'ibiribwa mu myaka iri mbere
Musanze: Abarangije kaminuza biyemeje guhangana n’ibura ry’ibiribwa mu myaka iri mbere

Yanditswe na Alice Umugiraneza
Abanyeshuri barangije mu masomo yo kongerera agaciro umusaruro ukomoka ku buhinzi muri Kaminuza ya INES Ruhengeri, biyemeje ko bagiye gutanga umusanzu wabo mu gukemura ikibazo cy’ibura ry’ibiribwa cyugarije Isi mu myaka iri imbere hagendewe ku bwiyongere bw’abazaba batuye Isi mu 2050.
Umwe mu banyeshuri barangije muri INES Ruhengeri yaganiye na mamaurwagasabo.rw avuga ko gushirika ubwoba no kugira amatsiko ari ryo banga rizamufasha kujyana n’icyo uwo (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Urujijo ku mushinga wo kubaka Ibitaro Bikuru bya Ruhengeri waburiwe irengero
Musanze: Urujijo ku mushinga wo kubaka Ibitaro Bikuru bya Ruhengeri waburiwe irengero

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Benshi bakomeje kwibaza irengero ry’umushinga wo kubaka Ibitaro by’Ikitegererezo bya Ruhengeri umaze hafi imyaka irindwi bivugwa, ariko abagana ibi bitaro bavuga ko batabona serivisi uko bikwiye kubera ubuto bwabyo.
Ni kenshi hagiye humvikana bamwe mu bayobozi b’akarere ka Musanze bakomoza ku mushinga wo kubaka ibi bitaro, imyaka igahita indi igataha, ariko kuri ubu uwavuga ko uyu mushinga wadindiye ntiyaba abeshye nkuko bamwe mu baturage bavuga ko (…)

424 Shares 4 Comments
Umusirikare wa DRC arasiwe ku butaka bw'u Rwanda ku mupaka wa Petite Barriere ahita apfa
Umusirikare wa DRC arasiwe ku butaka bw’u Rwanda ku mupaka wa Petite Barriere ahita apfa

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Umusirikare wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya RDCongo arashwe ubwo yagaragezaga kurasa ku bapolisi b’u Rwanda bacunga umutekano ku mupaka muto wa Petite Barriere mu karere ka Rubavu.
Amazina y’uyu musirikare ntaramenyekana, yarashwe ubwo yinjiraga arasa amasasu menshi ku bapolisi batojwe b’u Rwanda bahise birwanaho baramuhagarika ataragira uwo ahitana.
Andi makuru umunyamakuru turakomeza kuyabagezaho kuko bikiba abaturiye uyu mupaka bahise (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru