Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu Karere ka Musanze hamwe na hamwe na hakomeje kugaragara amarerero ECDs yubatswe yo gufasha abana kuva mu mirire mibi ariko haribazwa impamvu adakora nkuko bikwiye ndetse benshi bakabifata nk’intandaro y’ikibazo cy’imirire mibi mu bana ibatera no kugwingira.
Ni kimwe mu bibazo byagarutsweho mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ku gucamusi cyo kuri uyu Gatatu tariki ya 1 Kamena 2022, ikiganiro cyahuje abayobozi b’akarere n’abanyamakuru.
Hirya no hino (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Ubwo umunyamakuru wa Mamaurwagasabo yageraga mu isantere ya Vunga mu murenge wa Shyira mu karere ka Nyabihu, yasamiwe hejuru n’abaturage biganjemo abatwara abagenzi kuri moto, imodoka n’amagare mu muhanda uhuza Nyabihu na Musanze, bamusaba kwibutsa Umukuru w’Igihugu ko batarabona umuhanda yabemereye mu 2017 ubwo aheruka gutaha ibitaro bya Shyira.
Ni umuhanda bakunda kwirahira Perezida Kagame ko ubwo aheruka kubasura yasize utsindagiwe, ukoze mu buryo (…)
Urugendo rwa mbere rw’indege yerekeza mu Rwanda itwaye abimukira bambuka umuhora wa Channel wo mu Bwongereza byitezwe ko ruba mu byumweru bibiri biri imbere, ku itariki ya 14 y’uku kwezi kwa gatandatu, nkuko byatangajwe na minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu.
Abategetsi batangiye gutanga ibyerekezo ku cyiciro cya mbere cy’abo bantu bazajyanwa mu Rwanda.
Byitezwe ko hazaba imanza kuri iyi gahunda.
Iyi gahunda itavugwaho rumwe yanenzwe n’abanyapolitiki, imiryango y’abagiraneza na (…)
Guverinoma y’u Rwanda yasabye abaturage bayo bajya muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) muri iyi minsi kwitwararika, nyuma y’amagambo n’ibikorwa by’urwango bikomeje kuvugwa n’abaturage b’icyo gihugu agaragaza urwango bafitiye Abanyarwanda.
Ni icyemezo cyafahswe cyafashwe nyuma y’uko abanye-Congo benshi barimo abanyapolitiki, abaturage basanzwe ndetse n’abakora mu nzego zishinzwe umutekano, bakomeje guhamagarira abandi gufata imihoro no gutera u Rwanda.
Byatangajwe na (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga n’Ubutwererane, Dr. Biruta Vincent yatangaje ko mu gihe u Rwanda rwaba rukomeje kugabwaho ibitero n’Ingabo za Repubulika Iharanira Demikarasi ya Kongo (RD Congo) rufite uburenganzira n’ubushobozi bwo kwitabara nk’uko n’ibindi bihugu byabikora.
Yavuze ko ibyo ari ibintu yavuze no mu Nama y’Ubumwe bwa Afurika yabereye i Malabo, ko igihugu gifite uburenganzira bwo kwirwanaho igihe gitewe.
Yabitangarije mu kiganiro yagiranye (…)
Nta minsi ibiri irashira ku rubuga rwa Twitter hagaragaye amashusho y’Umuyobozi w’akarere ka Musanze wungirije ushinzwe imibereho y’abaturage, Kamanzi Axelle, yumva ikibazo cy’umunyamakuru wa Televiziyo Flash amubaza ikibazo cy’abasigajwe inyuma n’amateka bo mu murenge wa Shingiro bubakiwe inzu zigatangira gusenyuka bakizigeramo, akamureba akamwihorera kugezs ubwo umunyamakuru amushimiye undi akikubita akagenda.
Ni imyitwarire yabanje gutungura abanyamakuru bari muri icyo kiganiro kigufi (…)
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta, yatangaje ko nyuma y’ibisasu ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), zarashe ku Rwanda, Perezida w’u Rwanda yabwiye mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi ko byashobokaga ko ingabo z’u Rwanda zisubiza ko kandi iyo bikorwa byari kuba byubahirije amategeko.
Ibi Minisitiri Biruta yabigarutseho mu ijambo yagejeje ku bayobozi bitabiriye inama yiga ku kibazo cy’iterabwoba yabereye i Malabo ku wa 28 Gicurasi 2022.
Iyi nama (…)
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Mukuralinda Allain, yahakanye ibyo leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo ishinja iy’u Rwanda ko itera inkunga umutwe wa M23, mu ntambara icyo gihugu gihanganyemo n’umutwe yise uw’Iterabwoba wa M23 mu Burasirazuba bwacyo.
Umuvugizi wungirije wa guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda yatangarije RBA ko iki ari ikibazo kiri hagati y’Abanyekongo ubwabo, bakwiye kwicara hamwe bakagishakira ibisubizo.
Hashize iminsi mike guverinoma ya (…)
Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda (MINADEF) yatangaje ko abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) bafatanyije n’umutwe ushaka guhirika bw’u Rwanda wasize ukoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 (FDLR) bashimuse abasirikare b’u Rwanda babiri, ku wa Mbere taliki 23, Gicurasi, 2022.
Itangazo ry’Ingabo z’u Rwanda (RDF) rivuga ko kiriya gikorwa ari icy’ubushotoranyi, bise mu Cyongereza Provocative Aggression.
Ingabo z’u Rwanda zivuga ko bariya basirikare ari Cpl (…)
Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo (RDC) yatangaje ku mugaragaro ko umutwe witwaje Intwaro wa M23 ari ‘Umutwe w’Iterabwoba’ ndetse inahagarika by’igitaraganya ingendo za RwandaAir ku butaka bwayo.
Ni nyuma y’imirwano imaze iminsi, guhera tariki ya 23 uku kwezi yashyamiranyije M23 n’ingabo za Leta FARDC, imirwano yagize ingaruka ku Rwanda kuko mu Kinigi mu karere ka Musanze haguye ibisasu 4 bikomeretsa abantu binasenya inzu z’ubucuruzi.
Leta ya Congo yahise kandi inatangaza ko (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




















