Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yagaragaje ko inshingano z’ubuyobozi ari ugutera inkunga abaturage mu bikorwa by’iterambere.
Perezida Kagame yavuze ko abayisilamu bagize amateka y’umwihariko ariko bakaza kugira andi bahuriyeho n’abandi baturage, kuri ubu icyakozwe kikaba ari impinduka kandi zari zikwiye gukorwa.
Ni bimwe mu byo yagarutseho kuri uyu wa Gatatu tariki 25 Werurwe 2026, ubwo yari mu gikorwa cyamuhuje n’Abayisilamu bo mu Rwanda mu rwego rwo kwizihiza Umunsi Mukuru wa Eid (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu bana bo mu karere ka Nyabihu by’umwihariko mu murenge wa Karago baracyakoreshwa imirimo ivunanye irimo no kuba abashumba b’amatungo, ku buryo badatinya kuvuga ko babiterwa n’ubukene bwo mu miryango yabo.
Ubwo umunyamakuru wa Mamaurwagasabo yageraga mu murenge wa Karago yasanze hari abana bamwe baretse ishuri bajya kuba abashumba b’inka n’andii matungo magufi, mu gihe bamwe bavuga ko babiterwa nuko mu miryango yabo babona ntamikoro bakajya (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Abaturage bo mu karere ka Nyabihu mu gice gihinwgamo urutoki nk’igihingwa ngandurarugo, batangaje ko babona hakenewe uruganda rutunganya umusaruro w’urutoki rukawongerera agaciro, ku buryo bava mu kunywa inzoga z’inkorano bakanywa izaciye mu ruganda zifite ubuziranenge n’urutoki rwabo rukarushaho kubona isoko ribabyarira umunsaruro wisumbuye.
Babitangarije umunyamakuru wa Mamauwragasabo ubwo aygeraga mu isantere izwi ya Vunga, mu murenge wa Mpinga hafi (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Byari ibisa n’ibirori mu gitindo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Kamena 2022 ubwo abaturage babyinaga abandi biruhutsa babonye umuhesha w’inkiko w’umwuga aje guhesha umusaza Kajyambere Sila isambu ye yari yarambuwe n’umunyamahanga w’Umu-Holandi Hendrick Noordam Jan yashimuse ku mbaraga ubwo yaguraga isambu ifatanye n’iy’uwo musaza.
Mbere yuko ibikorwa byo gusenya ibyari byubatse muri ubu butaka bitangira, habanje kuba ibiganiro byahuje uwo (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
cy’iminsi 30 y’agateganyo Ishimwe Diedonne, uzwi nka Prince Kid, yakatiwe mu rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro kugira ngo akomeze gukurikiranwa ku byaha ashinjwa.
Uyu musore w’imyaka 34 ni umuyobozi w’Ikigo gitegura amarushanwa ya Nyampinga w’u Rwanda kuva mu myaka 8 ishize, yarenzwe na Miss Muheto Divine Nshuti ibyaha bitatu birimo guhoza undi ku nkeke bifitanye isano n’imibonano mpuzabiitsina, ari na kimwe mu bitumye umucamanza amugumisha mu gihome kuko (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abahinga mu Kibaya cya Mugogo giherereye mu Murenge wa Busogo mu karere ka Musanze, baravuga ko ubu bari mu rungabangabo kubera imyaka yabo ikomeje kurengerwa n’amazi kandi cyari giherutse gutunganywa bakaba basaba Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi kugira icyo ikora kihutirwa.
Babitangarije umunyamakuru wa Mamaurwagasabo ubwo yageraga aho iki kibaya gihereye mu murenge wa Busogo, kuri ubu kikaba cyarongeye kuzura, bavuga ko bakomeje guhura n’igihombo (…)
Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Nyabihu , umurenge wa Karago baravuga ko bagiharikwa n’abagabo babo Ku buryo usanga umugabo afite abagore barenga babiri.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge wa karago binubira aka karengane gatuka rimwe na rimwe abana bandangara Kubera kubura ise ubitaho uko bikwiye.
Nyiramugisha twamusanze mu gasantere atubwira uburyo umugabo we amaze ibyumweru bibiri atagera mu rugo gusa ngo (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu Karere ka Musanze hamwe na hamwe na hakomeje kugaragara amarerero ECDs yubatswe yo gufasha abana kuva mu mirire mibi ariko haribazwa impamvu adakora nkuko bikwiye ndetse benshi bakabifata nk’intandaro y’ikibazo cy’imirire mibi mu bana ibatera no kugwingira.
Ni kimwe mu bibazo byagarutsweho mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ku gucamusi cyo kuri uyu Gatatu tariki ya 1 Kamena 2022, ikiganiro cyahuje abayobozi b’akarere n’abanyamakuru.
Hirya no hino (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Ubwo umunyamakuru wa Mamaurwagasabo yageraga mu isantere ya Vunga mu murenge wa Shyira mu karere ka Nyabihu, yasamiwe hejuru n’abaturage biganjemo abatwara abagenzi kuri moto, imodoka n’amagare mu muhanda uhuza Nyabihu na Musanze, bamusaba kwibutsa Umukuru w’Igihugu ko batarabona umuhanda yabemereye mu 2017 ubwo aheruka gutaha ibitaro bya Shyira.
Ni umuhanda bakunda kwirahira Perezida Kagame ko ubwo aheruka kubasura yasize utsindagiwe, ukoze mu buryo (…)
Urugendo rwa mbere rw’indege yerekeza mu Rwanda itwaye abimukira bambuka umuhora wa Channel wo mu Bwongereza byitezwe ko ruba mu byumweru bibiri biri imbere, ku itariki ya 14 y’uku kwezi kwa gatandatu, nkuko byatangajwe na minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu.
Abategetsi batangiye gutanga ibyerekezo ku cyiciro cya mbere cy’abo bantu bazajyanwa mu Rwanda.
Byitezwe ko hazaba imanza kuri iyi gahunda.
Iyi gahunda itavugwaho rumwe yanenzwe n’abanyapolitiki, imiryango y’abagiraneza na (…)
Guverinoma y’u Rwanda yasabye abaturage bayo bajya muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) muri iyi minsi kwitwararika, nyuma y’amagambo n’ibikorwa by’urwango bikomeje kuvugwa n’abaturage b’icyo gihugu agaragaza urwango bafitiye Abanyarwanda.
Ni icyemezo cyafahswe cyafashwe nyuma y’uko abanye-Congo benshi barimo abanyapolitiki, abaturage basanzwe ndetse n’abakora mu nzego zishinzwe umutekano, bakomeje guhamagarira abandi gufata imihoro no gutera u Rwanda.
Byatangajwe na (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.




















