Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu rubyiruko bo mu karere ka Musanze by’umwihariko abarangije amashuri y’isumbuye bakoreshaga ikigo cy’urubyiruko baravuga ko batakimenya amakuru ajyanye n’akazi bitewe nuko iki kigo kigiye kumara amezi arenga atanu kidatanga serivisi nkuko bisanzwe.
Uru rubyiruko rwabitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu karere ka Musanze, aho bahamya ko basigaye bagorwa no kumenya amakuru y’ahantu hirya no hino abarangira ahari akazi. (…)
Yanditswe na Umugiraneza Alice
Mu mirenge imwe ni mwe yo mu karere ka Burera hari bamwe mu baturage bavuga ko ubusinzi k’imwe mu bitiza umurindi isenyuka ry’ingo.
Bishimangirwa n’abagore bavuga ko ubusinzi bumaze gufata indi ntera akaba ariyo mpamvu hamwe muri iyo miryango hagaragara urusobe rw’ibibazo binyuranye.
Bamwe mu baturage baganiye na Mamaurwagasabo cyane abagore, bavuga ko ubusinzi bubagiraho ingaruka; ubukene n’ubuharike kuko usanga aribo bikoreye ibibazo by’urugo bigatuma (…)
Yanditswe na Ntakirutimana Alfred
Igipangu cyarimo inzu 4 cyahiye kirakongoka mu mujyi wa Kamembe, nyiracyo ntiyagira icyo aramura mu byari mu nzu, ku bw’amahirwe ntawahiriyemo.
Iyi nkongi yatangiye ahagana saa kumi n’ebyiri z’igitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 16 Gicurasi, aho urugo rw’uwitwa Muzehe Anicet ruherereye mu mudugudu wa Burunga akagari ka Gihundwe, umurenge wa Kamembe mu karere ka Rusizi, mu mugi rwafashwe n’inkongi yarusize rubaye umusaka.
Ubwo twageraga muri uru (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abaturage bo mu karere ka Rubavu mu murenge wa Kanama, barashinja ubuyobozi bw’inzego z’ibanze kubasiga mu bwigunge, kubera ko hari ikiraro kigiye kumara umwaka gicitse ntigikorwe mu gihe ubuyobozi bw’Akagari ka Karambo buvuga ko bufite ubushobozi buke.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge wa kanama kuri uyu wa Mbere tariki ya 15 Gicurasi 2023, aho yasanze abaturage n’abana bari bagiye ku mashuri (…)
Ibihugu by’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo biyemeje gusubukura amasezerano basinye yo gucyura impunzi buri umwe acumbikiye.
Ni amasezerano yari amaze imyaka 13 yasinywe hagati y’impande zombi hakiyongeraho n’uruhande rw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi, UNHCR, byasinywe tariki 17 Gashyantare, 2010 i Kigali, n’ayasinyiwe i Goma tariki 30 Nyakanga, 2010.
Kuri uyu wa Mbere nibwo Minisitiri w’ibikorwa by’ubutabazi mu Rwanda, Kayisire Solange na Visi Minisitiri (…)
Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Kenshi twumva imiryango iharanira uburenganzira bw’abana n’indi itandukanye ishishikariza ababyeyi guha umwanya abana ngo bajye mu mahuriro yabo by’umwihariko mu kujya gutanga ibitekerezo n’ibyifuzo byabo mu gihe hategurwa ingengo y’imari y’igihugu, ariko wakibaza niba ibyo abo bana bavugirayo nubundi biba bitaravuzwe n’abakuru mu byiciro bitandukanye mu bitekerezo byabo ku byifuzo byazibandwaho mu ngengo y’imari y’umwaka ukurikira.
Bamwe mu bana bakunze (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Rubavu mu murenge wa Kanama, barerera ku ishuri ribanza rya Karambo barasaba ko ikiraro bambukiragaho cyahuzaga utugari twa Nkomane na Karambo cyasanwa abana bakajya babona uko bajya ku ishuri batabanje gukambakamba hasi.
Aba baturage babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga aho iki kiraro cyahoze muri uyu murenge wa Kanama, bagasaba ko cyasanwa vuba bikajya byorohereza abana kwambuka bagiye ku ishuri, (…)
Yanditswe na Habimana Chadadi
Minisiteri y’ubuzima n’ibigo biyishamikiyeho kuri uyu wa gatatu tariki 10 Gicurasi yibutse abari abakozi bakoraga mu nzego z’ubuvuzi bishwe muri Jenoside Yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.
Uwatanze ubuhamya muri icyo gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 29 witwa Alexia Mukampazimpaka yavuze ko kuva akiri umuforomo mu kigo cy’igihugu cyo gutanga amaraso; ivanguramoko ryarangaga bamwe mubo bakoranaga ariko hari n’abandi bagize umutima wo kurokora bagenzi babo. (…)
Yanditswe na Ntakirutimana Alfred
Abaturage b’akagari ka Kamurera ko mu murenge wa Kamembe mu karere ka Rusizi, baravuga ko imyaka igiye kuba itatu batorohewe no kubona serivisi zo ku kagari nyuma y’aho ibiro byako bivanywe aho byahoze.
Ibiro by’ako kagari ka Kamurera byimuwe kubera umunuko yuva mu ibagiro rya Kamembe rituranye n’ibiro by’akagari byabangamiraga abahaganaga.
Ubu abayobozi b’akagari barakorera mu nyubako y’umurenge, uri mu bilometero nibura 4 uvuye aho akagari kari (…)
Imbere y’umucamanza kuri uyu wa Gatatu, Turahirwa Moses, washinze Moshions yemeye ko yakoresheje urumogi ndetse aniregura ku mpapuro mpimbano za pasiporo akurikiranweho.
Hari mu rubanza rwo kuburana ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo mu gihe agikurikiranwe n’ubushinjacyaha ku byaha bibiri aregwa.
Turahirwa mu rukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge yanemeye ko atabwa muri yombi yafatanywe urumogi iwe, icyakora asobanura ko ishati rwasanzwemo yari atarayambara na rimwe, ku buryo atazi uko (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















