Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Musanze, mu Murenge wa Muko, mu kagari ka Mburabuturo umudugudu wa Musenyi hari umubyeyi w’imyaka 30 witwa Izabayo Alliance Gloria ufite abana batatu urara asembera akaryama aho ageze.
Umubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo yageraga mu murenge wa Muko ku isaha ya saa 18h30’ z’umugoroba, yahuye n’uyu mubyeyi ari kumwe n’abana batatu, abahungu babiri n’umukobwa umwe, avuga ko atagira aho kuba ndetse ngo kuri ubu abana ntabwo banditse mu (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu babyeyi bo mu Murenge wa Mugunga mu karere ka Gakenke baratungana agatoki ko harimo abafata ifu ya Shisha Kibondo igenewe abana ngo batagwa mu mirire mibi bakajya kuyigurisha.
Ubwo umunyamakuru yageraga muri uyu murenge ndetse bavuga ko hari amayeri asigaye akoreshwa n’ababyeyi bamwe yo gufata ifu ya Shisha Kibondo bakayigurisha aho kuyigaburira abana babo.
Umwe mu bamennye iryo banga, witwa Beatrice Mukanyandwi yagize ati: "Ababyeyi bamara (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu baturage batujwe mu mudugudu w’Icyitegerezo wa Nyundo uherereye mu murenge wa Mugunga mu Kagali ka Rutendeli ho mu karere ka Gakenke, baravuga ko babangimiwe n’urusobe rw’ibibazo bibugarije birimo amazi ava mu musozi akabasanga mu nzu akangiza ibintu bitanukanye.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu mudugudu, bagasaba ko ubuyobozi bwagira icyo bukora kuko bimaze igihe babivuga.
Ni umudugudu w’Icyitegerezo (…)
Yanditswe na Alice Umugiraneza
Urubyiruko rubarizwa mu ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (Green paty of Rwanda) rwo mu karere ka Burera, ruvuga ko nubwo ari ishyaka ritavuga rumwe na Leta ariko si ishyaka rirwanya leta, rutazihanganira na rimwe abifashisha imbuga nkoranyambaga mu gusebya u Rwanda baruvuga uko rutari kandi ukuri bakuzi.
Bamwe muri uru rubyiruko babwiye umunyamakuru ko nyuma yo guhabwa amahugurwa ku biganiro bitandukanye bafashe ingamba no kwiha (…)
Yanditswe na Mutungirehe Samuel
Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi mu kagari ka Muyange mu Murenge wa Kagarama ho mu karere ka Kicukiro, bishimiye ibyo bagezeho biyemeza gukomeza kwishakamo ibisubizo mu bikorwa by’iterambere, bakagaragaza ko hari imbogami bagihura nazo mu bikorwaremezo bagerageza kwikorera, biteza imbere akagari kabo.
Babitangaje kuri uyu wa Gatandatu ubwo bahuriraga mu Nteko Rusange ya FPR Inkotanyi ku rwego rw’akagari, yahuriyemo za komite, Komisiyo n’ingaga zombi ku (…)
Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Abagore bakora ubucuruzi buciriritse mu mirenge imwe n’imwe yo mu karere ka Musanze bavuga ko bagifite imbogamizi mu rugendo rwo kugera ku iterambere bitewe n’abagabo batarumva neza ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye mu bashakanye.
Abaganiriye na Mamaurwagasabo bavuze ko kuba bataratera imbere bituruka ku kubura uko bagera ku mari bitewe n’abagabo babo batabibafashamo, nko kubona igishoro binyuze mu gukorana n’ibigo by’imari.
Bavuga Kandi ko kuba (…)
Yanditswe na NIMUGIRE Fidelia
Hashize iminsi inteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite utoye itegeko rigenga polis y’u Rwanda, rifitemo ingingo yateje impaka mu bantu, aho riteganya ibihano birimo n’igifungo ku mupolisi watorotse akazi.
Ikiganiro cyose kuri iyi nkuru: https://www.youtube.com/watch?v=NbpzJNd2MEY&t=3s
Mu ngingo zasuzumwe n’inteko rusange y’abadepite harimo iya 63 y’uyu mushinga w’itegeko, iteganya igihano kiri hagati y’umwaka umwe n’imyaka ibiri ku mupolisi (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu karere ka Musanze, mu murenge wa Nyange hari umugabo witwa Munyamahoro Innocent ufite umwana wavukanye ubumuga akaba abumaranye imyaka isaga 13 agenda akuruza ikibuno kuko adafite inyunganirangingo.
Uyu muturage ubarizwa mu cyiciro cya kabiri cy’ubudehe, atuye neza mu kagari ka Ninda mu mudugudu wa Garuka.
Yatangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ko yagerageje kuvuza umwana we imitungo yose imushiraho, bityo akaba ariho ahera asaba ubufasha. (…)
Perezida Kagame Paul yatangaje ko iterambere ryose n’imibereho myiza bya muntu bishingiye ku mibereho n’uruhare rw’umugore mu bimubaho.
Yabitangaje kuri uyu wa Kabiri ubwo yatangizaga Ihuriro rya 145 ry’Inteko zishinga amategeko ririmo kubera i Kigali.
Ni inama irimo kuganirirwamo uruhare rw’umugore mu kubaka amahoro n’iterambere birambye.
Perezida Kagame ayifungura ku mugaragaro yavuze ko gushyiraho umubare runaka w’abagore mu Nteko zishinga amategeko ari ikintu kiza ariko (…)
Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Mu murenge wa Cyanika mu karere ka Burera hari umuryango w’abasigajwe inyuma n’amateka ugizwe n’umugabo n’umugore ndetse n’abana batanu barara mu nzu igiye kabagwaho.
Ni umuryango wa Ruzirabwoba Stephanie na Bugeneye Olive batuye mu kagari ka Nyagahinga mu mudugudu wa Gahama.
Batangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ko bifuza kubakirwa inzu yo kubamo, bakavuga ko barambiwe kurara hanze.
Bugeneye yagize ati: "Imbeho irara twica, ndetse iyo haje (…)
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.





















