Wednesday . 4 March 2026

INKURU ZIGEZWEHO

Santa Kinyera wari wungirije muri Ambasade ya Uganda mu Rwanda yapfuye

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Uganda yatangaje ko Ambasaderi Santa Mary Laker Kinyera, wari Ambasaderi wungirije wa Ambasade ya Uganda mu Rwanda, yitabye Imana, ivuga ko urupfu rwe ari igihombo gikomeye ku rwego rw’ububanyi n’amahanga bw’icyo gihugu.
Amb. Kinyera yaguye mu bitaro bya Mulago Specialized National Referral Hospital aho yari ari kwivuriza indwara itatangajwe.
Mu itangazo ryasohotse ku wa Kabiri, iyi Minisiteri yagaragaje agahinda n’akababaro kenshi itewe n’uru (…)

Rubavu: Abacuruzi babangamiwe n'umwanda uri mu isoko rya Gisenyi
Rubavu: Abacuruzi babangamiwe n’umwanda uri mu isoko rya Gisenyi

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abacururiza mu isoko rishaje rya Gisenyi mu Mujyi w’akarere ka Rubavu baravuga ko babangimiwe n’umunuko uterwa n’ikimoteri kiri rwagati mu isoko.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri iri soko bigaragara ko rushaje, bakifuza cyahavanwa kikimurirwa ahandi.
Ucyinjira mu marembo y’isoko rya Rubavu usanga ikimoteri cy’ibishingwe, ibibora n’ibitabora mu isoko hagati, ku buryo hatagize igikorwa abaturage bashobora kuzahura (…)

424 Shares 4 Comments
Amajyaruguru: Abana 41% bafite ikibazo cy'igwingira giterwa n'imirire mibi
Amajyaruguru: Abana 41% bafite ikibazo cy’igwingira giterwa n’imirire mibi

Mu nama nyungurana bitekerezo yahuje inzego zitandukanye mu ntara y’Amajyaruguru ndetse n’abafatanyabikorwa batandukanye yari igamije kureba icyakorwa ku kubibazo cy’igwingira mu bana gikomeje guteza impagarara muri iyi ntara ,aho abana bagera kuri 41% bafite ikibazo cy’igwingira mu gihe 48% bafite ikibazo cy’impiswi zituruka ku mwanda.
Baganiriye ku mpamvu ki intara y’Amajyaruguru ifite ibiribwa byose ariko usanga ihora ku mwanya wa mbere mu kugira abana bari mu mirire mibi nyamara ari (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Musanze: Hari ikimoteri gituma abana bata ishuri
Musanze: Hari ikimoteri gituma abana bata ishuri

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu babyeyi baturiye ikimoteri cy’Akarere ka Musanze, giherereye mu Murenge wa cyuve mu kagari ka Bukinanyana, umudugudu wa Bubandu baravuga ko bahangayikishijwe n’abana birirwa bashakisha icyo kurya mu kimoteri ntibajye ku ishuri.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri uyu murenge wa cyuve ahashyizwe iki kimoteri cy’Akarere ka Musanze.
Nzabandira Philibert ni umuturage utuye ahegereye iki kimoteri yagize ati: "Ubundi (…)

424 Shares 4 Comments
Amajyaruguru: Abikorera basabwe kongera ikibatsi mu ishoramari
Amajyaruguru: Abikorera basabwe kongera ikibatsi mu ishoramari

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abikorera bo mu Ntara y’Amajyaruguru basabwe kongera ishoramari mu bijyanye no guhanga udushya duteza imbere iyi ntara bikagukira no hanze y’igihugu.
Ni inama yahuje abahagarariye abikorera PSF, mu nzego zitandukanye bo mu turere dutanu tugize Intara y’Amajyaruguru, aho barimo baganira ku ruhare rw’Abikorera mu iterambere ry’intara Y’Amajyaruguru n’iry’Igihugu no kuzamura imibereho y’abayituye.
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Nyirarugero Dancille (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Rubavu: Hari abana bamaze amezi 4 badahabwa Shisha Kibondo bakibaza niba bitari mu ngengo y'imari
Rubavu: Hari abana bamaze amezi 4 badahabwa Shisha Kibondo bakibaza niba bitari mu ngengo y’imari

Yanditswe na Samuel Mutungirehe
Bamwe mu batishoboye bafatira ifu ya Shisha Kibondo ku kigo nderabuzima cya Busigari giherereye mu Murenge wa Cyanzarwe, mu karere ka Rubavu baravuga ko bamaze amezi arenga ane badahabwa iyo fu y’inyunganira mirire, bakibaza niba bitarateganyijwe mu ngengo y’imari igenerwa abana mu mikurire myiza.
Shisha Kibondo ni ifu nyunganiramirire igenerwa abana bari munsi y’imyaka ibiri n’ababyeyi batwite bari mu cyiciro cya mbere mu Rwanda kimwe n’abari mu cyiciro (…)

424 Shares 4 Comments
Ababyeyi bahishuriwe icyagabanya imfu z'abakibyara
Ababyeyi bahishuriwe icyagabanya imfu z’abakibyara

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko guhindura imyumvire ku babyeyi byagabanya imfu z’abapfa babyara zigeze kuri 203 mu babyeyi 100.000.
Byatangajwe kuri uyu wa Mbere tariki ya 14 Ugushyingo 2022 , ubwo mu karere ka Rubavu hatangizwaga icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’umubyeyi n’umwana mu nsanganyamatsiko igira iti: "Nta mubyeyi ukwiye gupfa abyara."
Ni umunsi watangijwe mu gihugu hose by’umwihariko ku rwego rw’Igihugu wabereye mu karere ka (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ngororero: Hari abahinzi n'aborozi bakigorwa no kugeza umusaruro wabo ku isoko
Ngororero: Hari abahinzi n’aborozi bakigorwa no kugeza umusaruro wabo ku isoko

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Bamwe mu borozi n’abahinzi b’icyayi bo mu Murenge wa Muhanda n’ahandi mu karere ka Ngorerero baravuga ko bakomeje kugorwa no kugeza umusaruro wabo ku isoko kubera ko imihanda bakoresha yangiritse.
Ibi babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga mu murenge wa Muhanda, aho yasanze binubira ko batagira umuhanda uborohereza kugeza umusaruro ku isoko, bagasaba ko wakubakwa.
Bizimungu Elise yagize ati: "Murabona ko uyu muhanda wuzuyemo (…)

424 Shares 4 Comments
Mwalimu yanze kubeshya arasezera
Mwalimu yanze kubeshya arasezera

Yanditswe na Nimugire Fidelia Yatunganyijwe na Mutungirehe Samuel
Umwarimu wigishaga mu Rwunge rw’Amashuri GS Gitabura yasezeye akazi nyuma yo kubona ko kwigisha isoma ry’ikorananuhanga ntamashyanyarazi bitakunda.
Uyu musore Ndikumana Eduard yigishaga isomo rya ICT mu cyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye muri iki kigo gihererye mu karere ka korongi.
Mu ibaruwa yandikiye Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Uburezi REB, yavuze ko nyumo yo gutangira akazi ke ko kwigisha ICT muri GS Gitabura ku wa (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top
Ngororero: Barasaba ko gare ya Kabaya yavugururwa
Ngororero: Barasaba ko gare ya Kabaya yavugururwa

Yanditswe na Ndayambaje Jean Claude
Abahisi n’abagenzi bategera muri Gara ya Kabaya baravuga banyagirirwa muri gare iyo imvura iguye bateze imodoka, bakifuza ko yakubakwa neza.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yageraga muri iyo Gale iherereye mu karere ka Ngorerero aho urebesheje amaso ubona ko isa n’ishaje cyane ndetse ku buryo ushakisha ahantu wakugama imvura ukahabura.
Umwe muri aba bagenzi twasanze muri iyi gare ya Kabaya witwa Mutuyimana Jean de Dieu yagize ati: (…)

424 Shares 4 Comments
Izamuka ry'ibiciro rigeze kuri 20,1%
Izamuka ry’ibiciro rigeze kuri 20,1%

Izamuka ry’ibiciro mu mijyi yo mu Rwanda ryageze kuri 20,1% mu Ukwakira 2022 ugereranyije Ukwakira 2021.
Ikigo Cy’Ibarurishamibare NISR cyavuze ko byatewe ahanini n’ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa bidasembuye byiyongereyeho 39,7%.
Ni izamuka ry’ibiciro rikomeje kwibasira isi muri iki gihe kubera ingaruka zifitanye isano n‘icyorezo cya COVID-19, intambara y’u Burusiya na Ukraine n’umusaruro w’ubuhinzi ukomeje kutifata neza.
Igipimo ngenderwaho cyifashishwa mu bukungu bw’u Rwanda (…)

424 Shares 4 Comments
feature-top

Generic placeholder image

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without

Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

Iyandikishe ujye ubona Amakuru