Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu, bwisubiyeho bwemeza ko uyu mwaka uri kugana k’umosozo wa 2024, bidashoboka ko isoko rya Gisenyi rimaze imyaka irenga 14 ryubakwa, warangira ryuzuye, nyuma yaho bwari bwatangaje mbere ko uyu mwaka uzarangira imirimo yo ku ryubaka yararangiye.
Umushinga wo kubaka isoko rya Gisenyi, ukaba waragiye udindira, umuyobozi w’Akarere ka Rubavu, Mulindwa Prosper wagiye kuri uyu mwanya muri uyu mwaka, abona nka Karere ka Rubavu ubu aho imirimo igeze ryubakwa bitabateye (…)
Abacuruzi b’inzagwa bo mu Murenge wa Matyazo ho mu karere ka Ngororero basigaye bajijisha bagacururiza inzoga zitemewe mu mugezi wa Rubagabaga, abaturage bagahamya ko ubuyobozi buba bubizi.
Igituma abaturage bahamya ko izi ngoza ziba zitujuje ubuziranenge ngo usanga ibijerekani baziterekamo byogerezwa mu mazi mabi y’umugezi.
Ubwo umunyamakuru wa mamaurwagasabo TV yagerega muri santere ya Rubagabaga yasanze hari abacuruzi b’inzagwa bazicururiza mu mugezi aho bavuga ko birwanyeho bitewe no (…)
Ubwato bivugwa ko bwari bupakiye birengeje urugero bwarohamye abantu 40 barapfa, abandi bagera ku 100 baburirwa irengero mu Ntara ya Equateur muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo.
Ni impanuka yabereye ku cyambu cyitwa Lolo, aho ubwo bwato bwari buvuye bwerekeza ahitwa i Mbandaka, imibare y’abapfuye ngo ikaba ishobora gukomeza kuzamuka.
Joseph Bayoko Lokondo, umwe mu bagize Sosiyete sivile aho mu Ntara ya Équateur, avuga ku by’iyo mpanuka, yagize ati “Ubwo bwato bwitwaga Mama (…)
Hari bamwe mu baturage bavuga ko bafite imishinga yabateza imbere ariko kutagira amakuru ahagije ku kigega cya BDF bituma badasaba inguzanyo ngo biteze imbere.
Abaganiye na mamaurwagasabo.rw bavuga ko bishyizemo ko hari abagenerwa inguzanyo bihariye ngo bitewe nuko hari abatanga imishinga yabo bashaka amafaranga bishingiwe na BDF bikazarangira itakiriwe bityo bagacika intege, bagasaba ko habaho ubukangurambaga bwimbitse bwo kubisobanurirwa.
Munyaneza Charles wo mu karere ka Musanze (…)
Mu masaha y’igitondo cyo ku cyumweru humvikanye urusaku rw’imbunda hagati y’igisirikare cya Uganda, Ingabo zacyo zikorera muri Congo, haza kumenyekana ko barasanaga n’igisirikare cya DRCCongo.
Ibi byabaye kuri iki Cyumweru muri Teritwari ya Irumu, ubwo habayemo kwibeshya, abasirikare ba DRC aribo FARDC, n’aba Uganda, UPDF, ubwo bamwe bari bikanze abo mu mutwe wa ADF, bahuriyeho kurwanya, hanyuma bakarasana ubwabo.
Muri uku kurasana, umusivile umwe yahasize ubuzima hanyuma abasirikare (…)
Nubwo kugerwaho n’amazi meza ari uburenganzira bwa buri muntu mu karere ka Bugesera hari abaturage bavuga ko amakuru y’igihe amazi ashobora kuburira no kubonekera batayahabwa ku gihe bigatuma bashobora gusiga imirimo imwe itarangiye bagiye gushaka amazi, bigatuma kandi batabasha gupanga neza indi mirimo yabo ikenera amazi ya buri munsi.
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Bugesera baganiriye na Mamaurwagasabo, by’umwihariko abo mu murenge wa Nyamata, urimo igice kinini cy’umujyi w’aka karere (…)
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko yatinze burundu icyorezo cya Marburg cyari kimaze iminsi kigaragara mu Rwanda.
Icyorezo cya Marburg cyagaragaye mu Rwanda bwa mbere muri Nzeri 2024, nyuma yuko hari hamaze iminsi harwara abantu indwara idasobanutse, ifite ibimenyetso bya malaria hafi 100% birarangira irimo guhitana abantu biganjemo abahanga bakurikiranaga abarwayi, arinako yandura ku muvuduko uri hejuru.
Kuva tariki ya 27 Nzeri 2024 Marburg igaragaye ndetse kugeza mu byumweru bibiri bya (…)
Mu gihe Leta y’u Rwanda ikomeje kwihuta mu ikoranabuhanga mu nzego zose, hari bamwe mu bakuru b’Imidugudu bo mu karere ka Musanze bavuga ko kutagira telefone zigezweho zizwi nka "Smart phones" bidindiza imitangire ya serivisi no kudatangira amakuru ku gihe.
Babitangarije umunyamakuru wa mamaurwagasabo ubwo yagerega muri imwe mu mirenge ya Nkotsi, Muko, Muhoza na Kinigi aho basaba ubuyobozi kubageza ku ikoranabuhanga rijyanye no gukoresha telefoni zigezweho mu kazi kabo ka buri munsi. (…)
Abanyamakuru bo karere k’ibiyaga bihari hamwe n’abakoresha imbuga nkoranyambaga biyemeje gukora inkuru zibanisha abaturage b’ibihugu bigize akarere, kuruta gukora inkuru zicamo abantu ibice.
Ni umuhigo wavuye mu biganiro byatangiwe mu nama yabereye mu karere ka Rusizi mu Majyepfo y’Iburengerazuba bw’u Rwanda, itangiza ubukangurambaga bwo ku kurwanya kurema ibice no guhanganisha abaturage batuye mu Karere k’Ibiyaga Bigari, hakoreshwa imvugo zihembera inzangano n’izikangurira abantu ubugizi (…)
Abantu babiri bishwe n’impanuka ku munsi wa mbere wa Tour du Rwanda
23 February 2026, by Chadadi Habimana
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















