Perezida wa Amerika, Donald Trump, ku mugoroba wo ku wa mbere - tariki ya 23 Gashyantare (2) , yahakanye amakuru avuga ko Jenerali Daniel Kane, uzwi ku izina rya "Razen", arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Irani.
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga , Perezida Trump yanditse ko ayo makuru ari "ibinyoma rwose"
Yashimangiye ko Jenerali Kane, kimwe n’abandi basirikare bakuru, badashaka intambara, ariko iyo hafashwe icyemezo cyo gufata ingamba za gisirikare kuri Irani, yizera ko (…)
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ategereje kwakira Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, kuri uyu wa Gatatu muri White House, mu gihe umwuka mubi ukomeje kuzamuka mu Burasirazuba bwo Hagati, n’ibiganiro bigamije kugabanya gahunda ya Iran yo gutunganya intwaro za kirimbuzi bigeze ahakomeye.
Netanyahu yavuze ko aza kugeza kuri Trump uko Israel ibona ibiganiro biri kuba hagati ya Washington na Tehran, ashimangira ko amasezerano ayo ari yo yose agomba (…)
Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu butumwa bwa MONUSCO zirateganya kongera kujya gukorera mu mujyi wa Uvira, bikazagenda bikorwa mu byiciro. Ibi byatangajwe na Jean-Pierre Lacroix, umunyamabanga mukuru wungirije wa ONU ushinzwe ibikorwa byo kubungabunga amahoro, uri mu ruzinduko muri iki gihugu.
Nk’uko yabitangarije Radio RFI, mbere yo kohereza abasirikare ku butaka hazabanza gukoreshwa indege zizajya zikora ubutasi ziturutse i Goma, kugira ngo (…)
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda cyashyize ahagaragara igipimo cy’ihindagurika ry’ibiciro mu kwezi kwa Mutarama 2026 ugereranije n’igihe nkiki mu mwaka ushize wa 2025.
Muri Mutarama 2026, ibiciro byiyongereye bitewe ahanini n’ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa
bidasembuye byiyongereyeho 5,3%, ibiciro by’ibinyobwa bisembuye n’itabi byiyongereyeho 15,6%, ibiciro by’amazu, amazi, amashanyarazi, gazi n’ibindi bicanwa byiyongereyeho 10,5%, ibiciro by’ibijyanye n’ubuvuzi (…)
Ni hagati mu isantire ya Humure aho twasanze hari gutunganywa ikimoteri gishya bigaragara ko bimuraga icyari giteje akaga, abaturage mu kubabaza uko bakiriye kuba bari kwimura icyimoteri cyari gihari bagaragaje ko ahubwo aribwo ikibazo kivutse ngo kuko noneho banageretseho bakazana ubwiherero mu marembo y’inzu zabo ibyo bavuga ko bibangamiye imibereho yabo.
MUHOZA Amina yagize ati ‘’ Turabangamiwe bikomeye urabona iyi toyi iri mu muryango nubwo ntafite kirengera cyangwa se kivuganira nawe (…)
Bamwe mu baturage bajya gusaba serivisi z’ubuvuzi ku bitaro no ku bigo nderabuzima mu Karere ka Rubavu, barinubira ko zimwe muri serivisi z’ubuvuzi, bagaragaza ko ari mbi bahabwa.
Nk’uko bigarukwaho na bano baturage bagana ibitaro ndetse n’ibigo nderabuzima bitandukanye mu Karere ka Rubavu, bagaragaza ko batanyurwa n’uburyo rimwe na rimwe bahabwa serivisi.
Ibitaro bya Gisenyi, n’ubusanzwe n’ubundi bikunda kwakira umubare munini wababigana babikeneyeho serivisi z’ubuvuzi bitungwa nabyo (…)
Hari Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Gisagara bagaragaza ko hari abana babo b’abakobwa bakomeje guterwa inda umusubirizo.
Ni bamwe muba babyeyi bo mu karere ka Gisagara umurenge wa Mamba akagari ka Gakoma bavuga ko bahangayikishijwe n’abana babo b’abakobwa bakomeje guterwa inda umusubirizo. Umwe yagize ati”Ujya kubona ukabona umukobwa wawe aratwite, nkange ndamufite uwimfura yange yarabyaye, nta se tuzi numva ngo ni umusore wayimuteye”. Undi nawe ati”Bava mu ishuri bagahita babyara ubundi (…)
Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania, Tundu Lissu, yongeye kugezwa imbere y’urukiko kuri uyu munsi, aho akomeje kuburanishwa ku byaha byo kugambanira igihugu mu Rukiko Rukuru rwa Dar es Salaam.
Urukiko rwemeje ko iburanisha rizakomereza kuva kuri uyu munsi kugeza ku ya 6 Werurwe 2026. Uru rubanza rurimo kuburanishwa n’abacamanza batatu b’Urukiko Rukuru ari bo Ndunguru, J. Karayemaha na Kiwonde. Kuri ubu, urubanza rugeze mu cyiciro cyo kumva abatangabuhamya (…)
Mu nama y’umushyikirano yabaye ku nshuro ya 20, Minisiteri y’uburezi ivugako uburezi bwa mbere y’1994 bwari hasi ku butaka kuko akenshi bwari bushingiye ku ihezwa rya bamwe kandi ko Leta yagombye kubwubaka ihereye ku busa kuko hari amashuri yari yarashenwe ndetse n’abarimu benshi barishwe.
Ibi Minisitiri w’uburezi Joseph Nsengimana yabigarutseho mu nama y’umushyikirano yabaye ku nshuro ya 20, aho yagaragaje uko uburezi bw’u Rwanda buhagaze, anashimangirako bwazamutse ku rwego (…)
Umunyamabanga mukuru wungirije w’Umuryango w’Abibumbye ushinzwe ibikorwa byo kubungabunga amahoro yageze i Kinshasa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku Cyumweru, mu ruzinduko ateganya kugirana ibiganiro n’abayobozi bakuru b’igihugu, nk’uko byatangajwe na Radio Okapi.
Iyo radiyo ivuga ko Jean-Pierre Lacroix ari buhure na Perezida Félix Tshisekedi, Minisitiri w’Intebe, abayobozi b’Inteko Ishinga Amategeko, abahagarariye abatavuga rumwe n’ubutegetsi, imiryango itari iya leta ndetse (…)
Abaturage benshi bakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje kugaragaza kutishimira ikibazo cy’ibura ridasanzwe ry’amashanyarazi rimaze iminsi rigaragara hirya no hino mu gihugu.
Ibi bije nyuma y’uko Ikigo gishinzwe ingufu mu Rwanda (REG) gitangaje ko guhera kuri uyu munsi kugeza mu cyumweru gitaha hateganyijwe ibura ry’amashanyarazi azajya abura mu bice bimwe byo mu turere turenga icumi. REG yasobanuye ko iri bura rizajya rimara amasaha agera kuri atatu ku munsi, bitewe n’imirimo yo kwagura (…)
Umuhungu wa Robert Mugabe yarezwe icyaha cyo gushaka kwica
24 February 2026, by Chadadi Habimana
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without
Collaboratively administrate empowered markets via plug-and-play networks. Dynamically procrastinate B2C users after installed base benefits. Dramatically visualize customer directed convergence without revolutionary ROI.






















